umu amakuru- Bamwe mu bakobwa bakoresha Instagram bashyiraho amafoto abagaragaza ubwambure kandi bateye nabi .Reba amafoto | Umusingi

Bamwe mu bakobwa bakoresha Instagram bashyiraho amafoto abagaragaza ubwambure kandi bateye nabi .Reba amafoto

Please enter banners and links.

Muri iki kinyejana ikoranabuhanga ryazanye byinshi bigenda bihindura umuco aho hadutse Facebook ikabica bigacika ariko nyuma yaho haza Whatsapp ,ubu ikitwa instagram ikaba igiye kubica kurusha izindi zose.

Bamwe mu rubyiruko cyane cyane ku bakobwa usanga bakoresha urubuga rwa instagram cyane ariko ugasanga abenshi bashyiraho amafoto abagaragaza uko bateye (Taye zabo)abandi nabo bagashyiraho agaragaza ubwambure bwabo.

Kubera ayo mafoto bamwe mu rubyiruko cyane cyane usanga bayijyaho kugirango bajye birebera amafoto y’abakobwa bambaye ubusa cyangwa bateye neza nkuko Ikinyamakuru Umusingi cyakusanyije amwe muri ayo mafoto y’abakobwa bamwe bateye neza ,bafite taye nziza n’andi y’abakobwa bazi ko ari beza kandi atari beza.Ubundi instagram usanga abahanzi bakomeye ku isi nka Nick Minaji ,Rihanna .U busanzwe Instagram n’urubuga rw’abakobwa beza babanyamujyi n’abasitari ndetse usanga nabo biyizi ko ari beza bateye neza .

 

Chris Brown n’abandi bakoresha instagram bagashyiraho amafoto yabo bamwe bambaye ubusa ,bagaragaza bimwe mu bice by’ibanga ku buryo hari abavuga ko ari urubuga rw’Abasitari .

Ubu biragoye gusanga umukobwa mwiza w’umunyamujyi udakoresha instagram kuko aho baca hose ,aho basohokera hirya no hino ku isi baba bashyiraho amafoto ubona akenshi asa n’ashotora abasore.

Bamwe bavuga ko cyera umukobwa yatinyaga ko bamurebera ubwambure bwe ariko kubera umuco w’abazungu ubu usanga kwerekana ubwambure aribyo bigezweho kimwe mu binengwa mu kwica umuco.

25,528 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.