Inzu ya Pasteur Bizimungu wahoze ari Perezida w’uRwanda yafashwe n’umuriro
— August 11, 2016
Kuri uyu wa kane taliki 11 Kanama 2016 Igice cy’inyubako iherereye ku Kacyiru munsi ya Ambasade
Continue Reading ...

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kanama 2016 hari abo yakuye ku gatebe
Uruziramire rwananiwe kumira isirabo kubera amahembe yayo
Umuherwe Patrick Asaya polisi yamufashe asambanira mu modoka kumanywa.
Uwibye ihene za muheneye baramufata bazimuzirika mu ijosi
Umugabo yapfuye umugore we amaze kubyara
Umuhanzi Ragga Dee Perezida Museveni yamugize Ambasaderi i Burundi
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali basinye imihigo yo kunoza umutekano n’isuku
APR FC yatangiye imikino ya gisirikare itsindwa na Kenya
Ikipe ya Man United itwaye igikombe cya Community Shield gitangiza Shampiyona y’uBwongereza
Hari benshi bitakundiye kubona abagabo bitewe n’impamvu zitandukanye ariko ibyo byose Butera Knowless akaba ashimira Imana yamuzaniye Ishimwe Clement wemeye kumubera umugabo uyu munsi akaba abyeretse inshuti abavandimwe n’imiryango yose ko agiye kuba umugore wa Clement bakabyara hungu na kobwa kandi babyiyemeje. Ibigeragezo byari byinshi ariko kubishobora kubinyuramo nibyo byatumye Clement amubonamo umugore muzima bafatanya kubaka urugo bakagira umuryango nkuko abandi bagira imiryango . Knowless yabaye umuhanzi ukunzwe agira izina aramenyekana ku buryo na Bralirwa yakoze inzoga yayo iyihimba Knowless ndetse ni uko ari abantu kudaha agaciro ibintu ,Bralirwa yari kumutwerera bikomeye kuburyo abantu bavuga bati yaratwinjirije natwe reka tumutwerere umunsi we w’ubukwe. Knowless yavuzweho byinshi ko anyway ibiyobyabwenge ubwo yagwaga ari kurubyiniro ,avugwaho gukundana na Safi Madiba ndetse yavuzweho kurwanira umugabo na Odda Pacy ntawundi mugabo wavugwaga ni Lick Lick n’ibindi byinshi ariko uyu munsi yerekanye ko ibyavugwaga byose we yari afite uwo ategereje. Uyu munsi Kuwa 7 Kanama 2016 akaba aribwo yabwiye umugabo we Ishimwe Clement ati mbere umugabo nkubere umugore tuzabyare abana bacu tubarere neza. Ubukwe bwabo bwabereye mu Bugesera aho bakekaga ko abantu batazaba benshi ariko byubusa abantu bari benshi cyane bashaka kureba ubukwe bwa Abasitari (Stars). Noella
Impamvu 3 zikomeye imikino y’ibihugu ya Gisirikare igiye kubera mu Rwanda
Ikipe ya Liverpool Fc yatsinze Barcelona ibitego 4-0 ikimenyetso kuri Arsenal zizahura ku Cyumweru gitaha.
Urutondo rw’abahanzi bahatanira ibihembo bya Salax Award rwamenyekanye
Bugesera FC yasinyishije abakinnyi 3 bavuye muri APR FC
Abakobwa 30 boherejwe mu magereza atandukanye muri Kenya nyuma yo gufatwa babatwaye kubacuruza.
Umuyobozi w’ibitaro bya Ruhango yapfiriye muri Motel i Gicumbi yari afite ubukwe
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo