umu amakuru-  Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize? | Umusingi

Aho wafata  Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?

Please enter banners and links.

Aho wafata

 

Inshuro nyinshi abakundana iyo bagiye guhuza urugwiro mu cyumba bashaka kwishimisha ,abagore benshi bo ntibajya bita kumenya aho wafata ku mubiri w’umugabo agafatwa n’amashanyarazi akavuga urushinwa atararwize.

Nkuko abagabo babikora ku bagore n’abagore niko bakabikoze ku bagabo cyangwa kubo bakundana kugirango mwese murusheho kuryoherwa.

Ntago abagore aribo bagomba kuryoherwa gusa kuko usanga abagore babwira abagabo ngo amwonke ibere nibwo yumva uburyohe cyangwa ati undigate mu gutwi cyangwa ahandi azi bamukoraho akarushaho kubishaka ndetse akaryoherwa cyane.

N’abagabo bagira aho umugore yamukora akumva amashanyarazi amwirutse umubiri wose agatangira kuvuga indimi umugore atazi kubera yamufashe ahantu yumva hamujyana mu ijuru.

Imibonano mpuzabitsina n’ingezi cyane kuko mujya kuyikora mushaka ko mwembi muryoherwa niyo mpamvu uba ukwiye kumenya ibice by’umubiri w’uwo mukundana wafataho akarushaho kuryoherwa kandi iyo ubimukoreye kurusha abandi niwowe akunda cyane.

Aho wafata

Abashakashatsi bavuga ko abagore benshi hafi 78% iyo bari hamwe n’abakunzi babo usanga bo bafata mu mugongo w’abagabo cyangwa mu mutwe cyangwa no kubugabo bwabo bazi ko ari hafungura gushaka cyane kumugabo ariko baba bibeshya.

Niba ushaka kumenya aho wafata umugabo akarushaho kuryoherwa uzite kuri aha hakurikira ,

couple-afp

1.Hagati y’umunwa wo hasi n’akanwanwa :aho hantu hagira swingi nyinshi ,uzabigerageze musomana maze ujye uhanyuza isonga yururimi azajya ashaka konka ururimi rwawe urumwime ukomeze uruzengurutse aho hantu azarushaho kumva amashanyarazi amwinjira arusheho kuryoherwa.

2.Mu ijosi ,Abagore benshi baba bazi ko gusomana no gufatafata umugabo mu misatsi n’ubugabo aribyo bituma umugabo nawe aryoherwa ahubwo bakibagirwa igice gikomeye cyane gifite aho gihurira n’umugabo bwe.

10-most-common-sex-mistakes-clam-jamming_0

Bwira umugabo aryame agaramye maze ujye umuriga mu ijosi ikoresheje ururimo azaryoherwa cyane.Bamwe abagabo babanga kubera baba batashoboye kubashimisha kubera ko hari uwigeze kumushimisha utamushimisha akakwanga kimwe n’abagabo batazi gushimisha abagore.

Uzarebe iyo umugabo yashimishije umugore niyo yamukubita ate ,niyo yamuhemukira bingana bite ntaho umugore yajya kimwe n’umugore washoboye kwemeza umugabo we niyo umugore yahemukira umugabo ate ,umugabo arisaza akagira gute ahubwo bikarangira ariwe usabye imbabazi ngo basubirane.

3.Akobo kaba iruhande rw’agatsitsino ,ako kobo kagira swingi nyinshi ku bagabo ,Umugore jya hejuru ureba kubirenge bye n’ubona asa n’utangiye kugira imbaraga nkeya ukande kuri ako kobo buhoro buhoro uzajya kubona yongeye kugira imbaraga mukomeze urugendo.

f821528c-c581-4eeb-b210-434370cf7fff

proxy

4.Imifuka ibika Amabya y’umugabo ,aho haba swingi nyinshi cyane ,mbere y’uko mutangira urugendo mu gihe mugisomana cyangwa mutangiye ibiganiro ujye unyuzayo intoki ukoreho ,uzengurutseho intoki gahoro gahoro umugabo azumva uburyohe.

5.Ubugabo cyangwa igitsina cy’umugabo  ,Ubugabo bugira swingi nyinshi ,niba ushaka ko mugenzi wawe nawe aryoherwa fata urutoki rwegereye igikumwe hamwe n’igikumwe ibikoremo nka zero igitsina cye igishyire muri iyo zero wakoze ujye uzamura umanura gahoro gahoro unyuzemo ubikore vuba vuba uzabona mugenziwawe aryohewe cyane agize n’imbaraga nyinshi.

6.Umutwe w’igitsina cy’umugabo,wowe umugore fata igitsina cy’umugabo ku mutwe wacyo ujye unyuza ku minwa yawe nkuwisiga lipstick azaryoherwa cyane ariko iminwa igomba kuba ibobereye.

Ushobora no kujya winjiza no mukanwa gahoro gahoro akorakora no kumubiri we aho ushaka hose ashobora gutaka kubera uburyohe aba yumva.

7.Hagati y’umutwe w’igitsina naho gitangirira ,aha hantu kubera hihishe kugirango uvugisha mushuti wawe igishinwa wumve amajwi atandukanye avuga ,wumve ukuntu avuga indimi nyinshi utazi koresha ururimi ujye urukozaho uzamura usa nuganisha ku mutwe w’igitsina cye azakuririmbira mu majwi atandukanye akubwire indimi nyinshi n’igishinwa kandi atarakize kubera uburyohe azaba yumva.

8.Gerageza umwonke amabere ye maze ujye ukoresha isonga y’ururimi ku moko y’ibere rye ,aho hantu naho hagira swingi nyinshi kubagabo ndetse bituma agira imbaraga zo gukomeza urugendo mwatangiranye.

Hari abagabo nabo baba bashaka ko babafatafata ahntu ku mubiri wabo kugirango barusheho kumva ari byiza baryoherwe n’imibonano mpuzabitsina ,iyo uwo bari kumwe atabimukoreye ugasanga bose ntibaryohewe kugirango mwese muryoherwe gerageza umukore kuri ibyo bice uko ari 8 ntuzaburamo 3 byingenzi bituma muryoherwa.

Noella

145,194 total views, 1 views today

About author

Related Articles

3 Comments

  1. Emmanuel iradukunda July 24, 2020 at 2:30 pm

    Mwiriweho neza. nitwa emmanuel logic, nabazaga nti ” ese kuberiki amakampani ya ama-bet nka forterbet, premierbet, etc iyo umukiriya (beteur) atsindiye amafaranga menshi hejuru ya 500.000frw
    (ya betinze) banga kumwishyura kandi wa narega murukiko bigapfa ubusa bakakuzinzika mpaka!” ese kuberiki mu rwanda ntarwemgo rushinzwe kurenganura abariganwa ibyabo? ex: MUREGO PHILIPPE Nabandi benshi.

    • umusingi July 24, 2020 at 4:26 pm

      Ninde se banze kwishyura?duhe number ze za telephone

      • RWEMERA May 5, 2023 at 1:33 pm

        Muraho neza! Muvandi uretse ko icyo kibazo ntawe nzi cyabayeho mu rwanda, hari inzego z’ubutabera zamurenganura rwose niba afite stake (ipari) yakoreyeho bet igatsinda kuri company za bet zikorera mu rwanda cg anyandikire mufashe kumuyobora rwose ntawukwiriye kubura amafaranga ye mu buryo bw’uburiganya

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.