Hari benshi bitakundiye kubona abagabo bitewe n’impamvu zitandukanye ariko ibyo byose Butera Knowless akaba ashimira Imana yamuzaniye Ishimwe Clement wemeye kumubera umugabo uyu munsi akaba abyeretse inshuti abavandimwe n’imiryango yose ko agiye kuba umugore wa Clement bakabyara hungu na kobwa kandi babyiyemeje. Ibigeragezo byari byinshi ariko kubishobora kubinyuramo nibyo byatumye Clement amubonamo umugore muzima bafatanya kubaka urugo bakagira umuryango nkuko abandi bagira imiryango . Knowless yabaye umuhanzi ukunzwe agira izina aramenyekana ku buryo na Bralirwa yakoze inzoga yayo iyihimba Knowless ndetse ni uko ari abantu kudaha agaciro ibintu ,Bralirwa yari kumutwerera bikomeye kuburyo abantu bavuga bati yaratwinjirije natwe reka tumutwerere umunsi we w’ubukwe. Knowless yavuzweho byinshi ko anyway ibiyobyabwenge ubwo yagwaga ari kurubyiniro ,avugwaho gukundana na Safi Madiba ndetse yavuzweho kurwanira umugabo na Odda Pacy ntawundi mugabo wavugwaga ni Lick Lick n’ibindi byinshi ariko uyu munsi yerekanye ko ibyavugwaga byose we yari afite uwo ategereje. Uyu munsi Kuwa 7 Kanama 2016 akaba aribwo yabwiye umugabo we Ishimwe Clement ati mbere umugabo nkubere umugore tuzabyare abana bacu tubarere neza. Ubukwe bwabo bwabereye mu Bugesera aho bakekaga ko abantu batazaba benshi ariko byubusa abantu bari benshi cyane bashaka kureba ubukwe bwa Abasitari (Stars). Noella
— August 7, 2016
Please enter banners and links.

Hari benshi bitakundiye kubona abagabo bitewe n’impamvu zitandukanye ariko ibyo byose Butera Knowless akaba ashimira Imana yamuzaniye Ishimwe Clement wemeye kumubera umugabo uyu munsi akaba abyeretse inshuti abavandimwe n’imiryango yose ko agiye kuba umugore wa Clement bakabyara hungu na kobwa kandi babyiyemeje.
Ibigeragezo byari byinshi ariko kubishobora kubinyuramo nibyo byatumye Clement amubonamo umugore muzima bafatanya kubaka urugo bakagira umuryango nkuko abandi bagira imiryango .
Knowless yabaye umuhanzi ukunzwe agira izina aramenyekana ku buryo na Bralirwa yakoze inzoga yayo iyihimba Knowless ndetse ni uko ari abantu kudaha agaciro ibintu ,Bralirwa yari kumutwerera bikomeye kuburyo abantu bavuga bati yaratwinjirije natwe reka tumutwerere umunsi we w’ubukwe.




Knowless yavuzweho byinshi ko anyway ibiyobyabwenge ubwo yagwaga ari kurubyiniro ,avugwaho gukundana na Safi Madiba ndetse yavuzweho kurwanira umugabo na Odda Pacy ntawundi mugabo wavugwaga ni Lick Lick n’ibindi byinshi ariko uyu munsi yerekanye ko ibyavugwaga byose we yari afite uwo ategereje.
Uyu munsi Kuwa 7 Kanama 2016 akaba aribwo yabwiye umugabo we Ishimwe Clement ati mbere umugabo nkubere umugore tuzabyare abana bacu tubarere neza.
Ubukwe bwabo bwabereye mu Bugesera aho bakekaga ko abantu batazaba benshi ariko byubusa abantu bari benshi cyane bashaka kureba ubukwe bwa Abasitari (Stars).
Noella
3,878 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply