Hari benshi bitakundiye kubona abagabo bitewe n’impamvu zitandukanye ariko ibyo byose Butera Knowless akaba ashimira Imana yamuzaniye Ishimwe Clement wemeye kumubera umugabo uyu munsi akaba abyeretse inshuti abavandimwe n’imiryango yose ko agiye kuba umugore wa Clement bakabyara hungu na kobwa kandi babyiyemeje. Ibigeragezo byari byinshi ariko kubishobora kubinyuramo nibyo byatumye Clement amubonamo umugore muzima bafatanya kubaka urugo bakagira umuryango nkuko abandi bagira imiryango . Knowless yabaye umuhanzi ukunzwe agira izina aramenyekana ku buryo na Bralirwa yakoze inzoga yayo iyihimba Knowless ndetse ni uko ari abantu kudaha agaciro ibintu ,Bralirwa yari kumutwerera bikomeye kuburyo abantu bavuga bati yaratwinjirije natwe reka tumutwerere umunsi we w’ubukwe. Knowless yavuzweho byinshi ko anyway ibiyobyabwenge ubwo yagwaga ari kurubyiniro ,avugwaho gukundana na Safi Madiba ndetse yavuzweho kurwanira umugabo na Odda Pacy ntawundi mugabo wavugwaga ni Lick Lick n’ibindi byinshi ariko uyu munsi yerekanye ko ibyavugwaga byose we yari afite uwo ategereje. Uyu munsi Kuwa 7 Kanama 2016 akaba aribwo yabwiye umugabo we Ishimwe Clement ati mbere umugabo nkubere umugore tuzabyare abana bacu tubarere neza. Ubukwe bwabo bwabereye mu Bugesera aho bakekaga ko abantu batazaba benshi ariko byubusa abantu bari benshi cyane bashaka kureba ubukwe bwa Abasitari (Stars). Noella
— August 7, 2016
Please enter banners and links.

Hari benshi bitakundiye kubona abagabo bitewe n’impamvu zitandukanye ariko ibyo byose Butera Knowless akaba ashimira Imana yamuzaniye Ishimwe Clement wemeye kumubera umugabo uyu munsi akaba abyeretse inshuti abavandimwe n’imiryango yose ko agiye kuba umugore wa Clement bakabyara hungu na kobwa kandi babyiyemeje.
Ibigeragezo byari byinshi ariko kubishobora kubinyuramo nibyo byatumye Clement amubonamo umugore muzima bafatanya kubaka urugo bakagira umuryango nkuko abandi bagira imiryango .
Knowless yabaye umuhanzi ukunzwe agira izina aramenyekana ku buryo na Bralirwa yakoze inzoga yayo iyihimba Knowless ndetse ni uko ari abantu kudaha agaciro ibintu ,Bralirwa yari kumutwerera bikomeye kuburyo abantu bavuga bati yaratwinjirije natwe reka tumutwerere umunsi we w’ubukwe.




Knowless yavuzweho byinshi ko anyway ibiyobyabwenge ubwo yagwaga ari kurubyiniro ,avugwaho gukundana na Safi Madiba ndetse yavuzweho kurwanira umugabo na Odda Pacy ntawundi mugabo wavugwaga ni Lick Lick n’ibindi byinshi ariko uyu munsi yerekanye ko ibyavugwaga byose we yari afite uwo ategereje.
Uyu munsi Kuwa 7 Kanama 2016 akaba aribwo yabwiye umugabo we Ishimwe Clement ati mbere umugabo nkubere umugore tuzabyare abana bacu tubarere neza.
Ubukwe bwabo bwabereye mu Bugesera aho bakekaga ko abantu batazaba benshi ariko byubusa abantu bari benshi cyane bashaka kureba ubukwe bwa Abasitari (Stars).
Noella
3,848 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply