umu amakuru- Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB | Umusingi

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB

Please enter banners and links.

Nyuma yo gukora ibiganiro bitandukanye avuga ku bibazo bye abashatse kumwica bigatuma ahunga igihugu Yago hari ikiganiro aherutse kuvuga ko Umuvugizi wa RIB Dr Murangira B Thiery yamwangishije Abanyarwanda.

Nyuma y’icyo kiganiro yari yakoze ashinja Umuvugizi wa RIB kumwangisha Abanyarwanda ngirango yago yikubise mu mutima yumva akwiye gusaba imbabazi nkuko muri bubyumve mu kiganiro.

Hari abavuga ko Yago ashobora kuba yategetswe gusaba imbabazi abandi bakavuga ko aba arimo kwishakira views ndetse hakaba nabavuga ko ubuzima bwamukubise ashaka uburyo yasubira mu Rwanda.

Yago amaze gusaba imbabazi yavuze ko ari tayari gusubira mu Rwanda aho bamwe batangiye kwibaza icyatumye ahunga cyararangiye ndetse bamwe mu bamukunda bakaba bafite impungenge ko ashobora gutaha agafungwa kurikira ikiganiro cyose

7 total views, 7 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.