Ikipe ya Man United itwaye igikombe cya Community Shield gitangiza Shampiyona y’uBwongereza
— August 7, 2016
Please enter banners and links.

Ikipe ya Man United yatsinze Leicester City ibitego 2 kuri kimwe maze itwara igikombe cya Community Shield gitangiza Shampiyona y’uBwongereza.
Ni umukino wakiniwe ku kibuga cya Wembly mu Bwongereza uyu munsi Kuwa 7 Kanama 2016 ikibuga abakinnyi benshi ku isi baba bashaka gukiniraho kubera ubwiza bwacyo ndetse ikaba ariyo Stade nziza cyane kurusha izindi zose.
Man United yabonye umutoza mushya Jose Mourinho wavuye mu ikipe ya Chelsea bamwirukanye byamunaniye ariko akaba yarayihesheje ibikombe bitandukanye .

Akaba atangiranye ishaba mu ikipe ya Man United atwara ibikombe n’ubwo bavuga ko agakombe yatwaye gatera umwaku ikipe igatwaye itajya itwara ibindi bikombe.Man United niyo yatsinze igitego cyambere gitsinzwe na Lindegaard umwana ukizamuka wigaragaje vuba ko azaba umukinnyi mwiza .

Leicester City mu gice cya 2 yaje kwishyura igitego cyatsinzwe na Vardy hanyuma icya igitego cya 2 cya United gitsindwa na rutahizamu mushya Ibramovic.
Ikipe ya Leicester City abantu batangiye kuvuga ko ishobora no kutazaza muri 4 za mbere kubera ititwaye neza muri Pre season ndetse nuyu mukino kuba yawutsinzwe .Shampiyona y’uBwongereza izatangira kuwa 6 utaha .


Ndayambaje F
2,927 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply