Impamvu 3 zikomeye imikino y’ibihugu ya Gisirikare igiye kubera mu Rwanda
— August 7, 2016
Please enter banners and links.

Mu Rwanda guhera ejo Kuwa 6 Kanama 2016 haratangira imikino itandukanye y’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC)ariko igihugu cy’uBurundi kitarimo.
Impamvu ya mbere iyi mikino igiye kubera mu Rwanda nkuko umugaba mukuru w’Ingabo z’uRwanda Gen.Patrick Nyamvumba yabivuze mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye I Remera kuri Stade Amahoro yavuze ko ari ugushimangira ubumwe bw’ibi bihugu bya East African Community ,bikarushaho kumenyana ubwobyo no kurushaho kunoza imikoranire hagati yabyo.
Gen.Nyamvumba Patrick wahageze atinze cyane kuko yavuga mu kindi gihugu akaba yatangije iki kiganiro atinze ariko atangira yisegura ku bashyitsi ati indege yatinze ntakundi nari kubigenza.
Indi mpamvu iyi mikino ibereye mu Rwanda ni ku nshuro ya 10 ,ni uko iyi mikino izenguruka mu bihugu bigize uyu muryango wa EAC bityo uyu mwaka u Rwanda rukaba arirwo rugezweho kuyakira nkuko Gen.Nyamvumba yabisobanuye.
Hazakinwa imikino 5 gusa harimo umupira w’amaguru (Football),Kwiruka (Cross Country),Hand Ball,Basket Ball na Net Ball y’abakobwa.

Iyi mikino yose igomba gukinwa n’abasirikare hatarimo umusivile n’umwe nkuko byashimangiwe na Brig.Gen.Kamega wari wicaranye na Gen.Nyamvumba imbere.
Kwinjira muri iyi mikino yose n’ubuntu nkuko Gen.Nyamvumba Patrick yabisobanuye ati “kwinjira n’ubuntu mubwire abantu bose bazaze bashyigikire Ingabo zabo kandi ziteguye gutwara igikombe”.
Indi mpamvu ni uko igihugu cy’uRwanda kizwiho kwakira neza imikino uretse n’imikino cyakira neza inama zitandukanye kandi kikaba ari igihugu kimaze kumenyekana ko umutekano uba ari wose ,ari igihugu kigendera kuri gahunda ndetse gifite isuku bityo aba basirikare bakaba bahawe ikaze mu Rwanda na Gen.Patrick Nyamvumba ati “mugubwe neza mu Rwanda na mahoro aho mushaka gutembera turahabatembereza”.
Muhungu John
2,803 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply