Kunuka mu kanwa cyangwa ibirenge n’uburwayi cyangwa n’umwanda?
— June 16, 2017
Please enter banners and links.

Buri muntu aba akwiye kugira isuku kuko hari bamwe usanga banuka mu kanwa kubera baba batogejemo n’umuti woza mukanwa witwa Colgate cyangwa n’indi itandukanye abandi bakanuka ibirenge kubera kudakaraba.
Hari abandi banuka ibirenge kubera uburwayi ariko buravurwa nkuko bigaragazwa n’inzobere mu ndwara z’umubiri.
Bamwe mu baganiriye n’Ikinyamakuru Umusingi barimo uwotwa Doreen yagize ati “hari igihe usanga umuntu ari mu modoka rusange itwaye abagenzi agakuramo ikweto zinuka ukajya kugera iyo ugiye wumva mu nda hakurya kubera umunuko w’inkweto”.
Bamwe kunuka inkweto biterwa n’umwanda ni uko hari abambara amasogisi atameshe inshuro nyinshi zikajyamo icyuya bigatuma inkweto zinuka abandi baba batakarabye akambara amasogisi inshuro nyinshi kandi adakaraba.

Umuntu yipfutse ku mazuru kubera undi anuka mu kanwa
Ku banuka mu kanwa nabo hari igihe usanga umuntu arabyutse ntiyiborose mu kanwa akagenda akirirwa anukira abantu mu kanwa cyangwa yaba yicaranye n’umuntu mu modoka yavuga ukumva umwuka we unuka nabi ,ibyo n’ibintu abantu baba bakwiye kwirinda bakagira isuku.
Doreen yakomeje avuga ati “ibaze umuntu nk’uwo unuka mu kanwa iyo ageze iwe mu rugo ashobora gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo bashakanye bakaryoherwa?kuko iyo hari ikikubangamiye mugiye mu cyumba gukora imibonano mpuzabitsina bihita bikunanira”.
Hari abandi bagira indwara zo kunuka mu kwaha nabyo usanga bibangamira abantu batandukanye aho ukora ,abo wirirwana nabo ndetse n’abo mubana mu rugo n’ibintu byo kwirinda kuko birabangama cyane.
Janet. K
4,762 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Gahunda igi ry’Umwana na Kundwa kibondo byagabanije imirire mibi mu Bana muri Sovu
Hubatswe ibigo nderabuzima 50 muri Huye na Nyamagabe mu myaka 7 ishize
99% by’akato n’ihezwa ku bafite virusi itera SIDA byarashize muri Koperative Girubuzima Nyange
Mu bantu 15750 bapimwe agakoko gatera SIDA 37 nibo basanganywe ubwandu bushya
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply