KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
— May 25, 2026
Please enter banners and links.

Karabaye noneho Perezida Museveni azanye amajwi ya Kadaga wahoze ari Perezidante w’Inteko ishinga amategeko ya Uganda (Parliament).
Aya n’amajwi Kadaga yagiye mu Bapfumu kuroga Perezida Museveni,Gen Salim Saleh na Gen Muhopozi na Janet Museveni ndetse na Anita Anite Among wasimbuye Kadaga ku mwanya wa Perezidante w’Inteko Ishinga amategeko.
Ibi bije nyuma y’uko Anita Among amaze gufatwa ndetse n’imodoka ze zihenze zigatwarwa n’amazu ye yose agasakwa no kwa nyina no mu bavandimwe bose.
Kugirango inkuru imenyekane ni uko bivugwa ko Anita Among yari amaze kwigarurira inzego z’umutekano azitegeka ndetse afite abamurinda benshi yajya mu birori akagenda acunzwe nka Perezida ndetse hakaba hari amakuru ko yashakaga kuziyamamaza kuba Perezida agasimbura Museveni kandi Gen Muhoozi ari we ateganyijwe kuzasimbura se.

Inkuru y’amajwi ya Kadaga ari mu bapfumu bivugwa na Andrew Mwenda ko Perezida Museveni yagiranye inama n’aba bagore bombi Anita Among na Kadaga ndetse n’abahagarariye amadini 3 aribwo Perezida Museveni yabumvishije ayo majwi Kadaga ngo yemera ko amajwi araye ndetse asaba imbabazi.
Kurikira ikiganiro kuri Umusingi TV
7 total views, 7 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply