Amarozi yashyizwe muri V 8 za Rayon Sports yapfuye ubusa APR iratsinda
— January 21, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa gatandatu taliki 21 Mutarama 2016 mu mukino w’ishiraniro hagati y’amakipe 2 akomeye mu Rwanda ndetse yitana mukeba , ishyaka no guhangana ku mpande zombie nibyo byaranze umukino watumye ikipe ya Rayon Sports itsindwa na APR FC igitego kimwe rukumbu cyatumye ijya ku mwanya wa mbere .
Ni umukino wabereye kuri Stade Amahoro i Remera, Abakinnyi ba Rayon Sports baje mu modoka za V 8 arizo abantu baketse ko zabateye umwaku igatsindwa kuko ari ubwa mbere bari bazijemo baje gukina na APR FC .

Uyu n’umukino wavugishije benshi ariko birangira APR itsinze Rayon Sports ibereka ko kuza muri V 8 gukanga abakinnyi ba APR ari ukwikoza ubusa kuko itajya ikangwa.

Ngizo V 8 Abakinnyi ba Rayosports bajemo
Hari bamwe batangiye kuvuga ko muri V 8 Rayon Sports yajemo kuko buri mukinnyi yaje muri V 8 ye bituma bakeka ko arizo zashyizwemo amarozi kuko ariyo amaze iminsi avugwa mu makipe y’umupira w’amaguru mu Rwanda. Kumunota wa 32, Issa Bigirimana yaje kongera kugerageza amahirwe umunyezamu Bakame umupira arawurenza. Kuko APR FC yarushaga Rayon Sports hagati, byaje gutuma abakinnyi ba Rayon bakomeza gukora makosa menshi ari nabyo byatumye ku munota wa 34 Munezero Fiston ahabwa ikarita y’umuhondo.

Igice cya kabiri kigitangira, APR FC yakoze impinduka Issa Bigirimana asimburwa na Benedata Janvier. Ku munota wa 54 Mvuyekure Emery yahawe ikarita y’umuhondo azira gutinza umukino, naho ku munota wa 57 Nahimana Shassir yahushije igitego cyari cyabazwe ku ruhande rwa Rayon Sports.

Kubera guhangana kw’aya makipe, hari abakinnyi bakomeje kugenda bakora amakosa ku mpande zombi bahabwa amakarita y’umuhondo, barimo nka Imanishimwe Emmanuel na Irambona Eric. Rayon Sports kandi yabonye amahirwe ku munota wa 89 ntiyabasha kuyabyaza igitego, abafana bayo bayangira kwisohokera, umukino urangira ari 1-0.
Kimwe mu byavugishije abantu cyane, ni uburyo abakinnyi ba Rayon Sports, buri umwe yageze ku kibuga ari mu modoka zihenze za V8, nyuma yo gutsindwa abafana ba APR FC bakaba bagiye kongera kubategera kuri izo modoka barabakomera.
Ndayambaje F
2,685 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply