umu amakuru- Muri tombora ya Champions League ikipe zo mu Bwongereza Man City niyo ishobora gukomeza | Umusingi

DrawMuri tombora ya Champions League ikipe zo mu Bwongereza Man City niyo ishobora gukomeza

Please enter banners and links.

Draw

Uyu munsi kuwa mbere taliki 12 Ukuboza 2016 nibwo habaye tombora y’amakipe yakomeje mu gikombe cy’amakipe yabaye iya mbere iwayo (Champions League)ariko ikipe zo mugihugu cy’uBwongereza Man City ikaba ariyo ishobora gukomeza izindi zanyuze inzira ikomeye cyane.

Arsenal ikaba yatomboye Bayern Munchen yo mu gihugu cy’uBudage mu gihe Man City yatomboye Monaco yo mu gihugu cy’uBufaransa naho Leicester City yatomboye ikipe ya Seville yo muri Spain.  

Ikipe ziri muri iri rushanwa rya Champions League zo mu Bwongereza nta nimwe iratwara icyo gikombe uretse Arsenal yageze ku mukino wa nyuma rimwe gusa mu mateka yayo igatsindwa n’ikipe ya Barcelona.

Monaco n’ikipe idakanganye muri iyi minsi ugereranije Man City irakomeye izayitsinda.

 

Ndayambaje F

2,665 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.