Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
— December 23, 2025
Please enter banners and links.

Nkuko mumaze kubimenya ko Ikinyamakuru Umusingi aricyo cyonyine kigira amakuru y’Umwimerere kandi nyayo cyasuye Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa,Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco mu gihugu cya Uganda.
Mu kiganiro yagiranye na Umusingi TV yasobanuye ibijyanye n’umuco Nyarwanda n’impamvu batangije ishuri ryitwa Indashyikirwa International school.
Iri n’Ishuri twasuye dusanga abarimu bigisha abana ibijyanye n’Umuco Nyarwanda ndetse iri shuri rikaba rimaze gukundwa n’Abantu benshi bitewe n’uburyo hari abana benshi batazi ururimi rw’Ikinyarwanda ndetse n’ibindi bitandukanye birimo guhamiriza ,guca imigani,gusakuza no kwivuga.
Ibindi kumenya bimwe mu bikoresho nk’uduseke icyo bivuze mu muco wa Kinyarwanda,umuvure,Icumu ,Umuheto,imyambi n’ibindi bitandukanye.




Ababyeyi bararyishimiye cyane kubera ko usanga abana bavukiye mu mahanga baba batazi ikinyarwanda n’ibindi bijyanye n’Umuco wa Kinyarwanda nko kuramukanye ngo Gira inka ,Gira abana,Gira umugabo cyangwa gira umugore cyangwa Amashyo batazi uko bikiriza cyangwa uko basubiza byose rero iri shuri rikaba ribyigisha.
Iri shuri rikaba riherereye Kampala mu mugi ariko rikaba ririmo kwaguka no mu bindi bihugu bitandukanye ku buryo buri wese azashobora kwiga akamenya umuco w’Iwabo kandi bukaba uburyo bwiza bwo gusigasira Umuco Nyarwanda dore ko ari wow a mbere ku isi.
Mukurikire ikiganiro twagiranye n’uyu Mukecuru wari wambaye neza nk’Umunyarwandakazi kandi wanatubwiye uko mu muco wa Kinyarwanda umushyitsi yakirwa n’uburyo Abanyarwanda babanaga cyara byose ntimucikwe.
167 total views, 1 views today

AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uganda :Abanyarwanda batangij e ishuri ryigisha Umuco Nyarwanda Indashyikirwa International School
Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Hagaragaye abakobwa beza cyane bafite imyambarire itangaje mu birori bya Bad Black bitangaza abantu aho baturutse (Amafoto)
Leave a reply