Liverpool FC yamaze kugura undi rutahizamu Saido Mane
— July 2, 2016
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool FC yamaze kugura undi rutahizamu witwa Saido Mane yaguze mu ikipe ya Southampton imuguze Miliyoni 32 z’Amapoundi.
Umutoza Klopp akaba arimo kwitegura guhangana n’andi makipe akomeye arimo Man City ,Arsenal ,Spurs .
Man United ndetse na Chelsea dore ko zose zahinduye abatoza ndetse zikaba zirimo kugura abakinnyi batandukanye bakomeye mu rwego rwo guhatanira igikombe cy’uyu mwaka wa 2016-2017.
Man.United ikaba yarazanye umutoza mushya Jose Felix Mourinho naho Man City azana umutoza pep Guardiola naho Chelsea izana umutoza Konte.

Liverpool FC ikaba irimo kugura abakinnyi mu rwego rwo kwiyubaka ngo ikomere ,Saido Mane abantu benshi barashimye umutoza Klopp kuba yaraguze uyu mukinnyi nandi makipe yamushakishaga.
Saido Mane akaba azakina nk’umwataka afatanije na Daniel Sturridge na Fermino ,Coutinho ,Origi ku buryo abantu batangiye gutinya iyi kipe ko ishobora no kuzatwara igikombe.
Muhungu John
2,694 total views, 3 views today

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Gen Kayumba Nyamwasa yarakaye cyane nyuma yo kumva Perezida Kagame avuga uko abahungu be yabinjije mu giusirikare(Vedio)
Impamvu Gen Nyamvumba yambwiye umunyamakuru Rutareka ko ari umwanzi w’Igihugu kurusha Gen Kayumba Nyamwasa (Vedio)
Pastor Kibonge yiyahuye yitwitse kubera umugore,Sandra Teta n’umugabo we bongeye ,Umunyamakuru Kamanzi yatorokeye Uganda(Video)
Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umukobwa witwa Pia Pound umaze iminsi yaratwaye Eddy Kenzo umutima, abandi basore baramurwanira ariko aruta Rema ubwiza?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply