Liverpool FC yamaze kugura undi rutahizamu Saido Mane
— July 2, 2016
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool FC yamaze kugura undi rutahizamu witwa Saido Mane yaguze mu ikipe ya Southampton imuguze Miliyoni 32 z’Amapoundi.
Umutoza Klopp akaba arimo kwitegura guhangana n’andi makipe akomeye arimo Man City ,Arsenal ,Spurs .
Man United ndetse na Chelsea dore ko zose zahinduye abatoza ndetse zikaba zirimo kugura abakinnyi batandukanye bakomeye mu rwego rwo guhatanira igikombe cy’uyu mwaka wa 2016-2017.
Man.United ikaba yarazanye umutoza mushya Jose Felix Mourinho naho Man City azana umutoza pep Guardiola naho Chelsea izana umutoza Konte.

Liverpool FC ikaba irimo kugura abakinnyi mu rwego rwo kwiyubaka ngo ikomere ,Saido Mane abantu benshi barashimye umutoza Klopp kuba yaraguze uyu mukinnyi nandi makipe yamushakishaga.
Saido Mane akaba azakina nk’umwataka afatanije na Daniel Sturridge na Fermino ,Coutinho ,Origi ku buryo abantu batangiye gutinya iyi kipe ko ishobora no kuzatwara igikombe.
Muhungu John
2,776 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply