Hafunzwe insengero 20 n’imisigiti 10
— July 2, 2016
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Nigeria hafunzwe insengero 20 n’imisigiti 10 ,Hotel 10 n’utubyiniro dutandukanye kubera urusaku .
Impamvu izi Nsengero n’Imisigiti byafunzwe ni ukubera urusaku rukabije mu mujyi wa Lagos muri Nigeria bivugwa ko basakuriza abaturage bikababuza amahoro.
Abayobozi muri icyo gihugu bavuga ko bafunze Insengero n’Imisigiti kubera urusaku rukabije mu mujyi wa Lagos ndetse bakaba bashaka ko uyu mujyi mu mwaka wa 2020 ariwo uzaba ari mujyi wa mbere muri Afurika utuje nta rusaku.
Kugeza uyu munsi Lagos ituwe n’abantu Miliyoni Makumyabiri ()20.Abantu batandukanye cyane cyane Abanyadini ntibishimiye icyemezo cya Leta cyo gufunga Insengero n’Imisigiti kandi ko yagikoze ibigambiriye bakaba basanga ari ugohohotera uburenganzira bwa muntu no kudaha abaturage ubwisanzure.
2,830 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply