umu amakuru- Umupira w’amaguu utegerejwe n’abantu benshi hagati y’ikipe a Liverpool na Napoli hagomba guca uwambaye uyu munsi | Umusingi

Umupira w’amaguu utegerejwe n’abantu benshi hagati y’ikipe a Liverpool na Napoli hagomba guca uwambaye uyu munsi

Please enter banners and links.

Kuri uyu mugoroba wo kuwa kabiri tariki 11 Ukuboza 2018 hari umukino wamashiraniro aho ikipe zombi Liverpool iri mu rugo iraba yakiriye ikipe ya Napoli yo mu Butaliyani aho buri imwe ishaka gutsinda kugirango ikomeze mu kiciro gikurikiraho.

Liverpool irasabwa gutsinda ibitego 3 ku busa ikintu gishobora kuyigora ariko iri joro rishbora kuba amateka ku ikipe ya Liverpool nkuko byabaye muri 2005 ubwo yari yatsinzwe ibitego 3 mu gice cya mbere mu gice cya kabiri ikabyishyura bakajya muri penalite Liverpool ikazitsinda igatwara igikombe cya Champions League.

Napoli kugeza ubu niyo iyoboye itsinda C n’amanota 9 igakurikirwa na PSG ifite amanota 8 mu gihe Liverpool ifite amanota 6  na Red Star Belgrade ifite 4.

Liverpool igomba gutsinda uyu mukino kugirango igire amanota 9 inganye na Napoli barebe iyatsinze indi kenshi ikomeze mu gihe PSG nitsinda iribugire amanota 11 naho Napol yatsinda ikagira amanota 12.

Napolin’itsinda irakomeza na PSG kuko hagomba gukomeza ikipe 2 ,nitsindwa Liverpool irakomeza na PSG kuko iya nyuma niyo yatsinda yagira amanota 7 yaba irushwa na PSG yaba yatsinzwe yagumana 8 na Napoli zikagenda ari 2.

Murekezi Alex

2,834 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.