
Cristiano Ronaldo yirutse mu bitaro ashaka kwiforanya n’umugore we amaze kubyara.
— November 12, 2017

Please enter banners and links.
Umugore wa Christiano witwa Georgina Rodriguez yibarutse umwana w’umukobwa maze se amwita Alana Martina.
Christiano yagaragaye mu bitaro Quiron Universal aho umugore we yari yagiye kubyarira yiruka ashaka kwifotoranya n’umugore we akimara kubyara ndetse akaba yifotoje bari kumwe n’umuhungu we mukuru.

Christiano Ronaldo yifotoza n’umugore we amaze kwibaruka umukobwa



Yishimiye umwana we wa 4 abinyujije kuri Instagram ye ariko nyuma ho amasaha make undi mukobwa umunyamideli witwa Natacha Rodrigues yashinjije Cristiano Ronaldo ko yaciye inyuma umugore we bagasambana mu kwezi kwa 3 akaba yaramushinjije kuri Televiziyo.
Natacha Rodrigues

Natacha Rodrigues


Natacha Rodrigues mu kiganiro kinyura kuri Televiziyo yagize ati “Christiano yajyaga anyandikira kuri watsap ambwira ko akunda ikibuno cyanjye kandi ko ashaka kuzakireba imbona nkubone kugeza ubwo twahuye mu kwezi kwa gatatu turasambana kandi ari mu rukundo na Georgina Rodriguez.
Abantu batangiye kwibaza impamvu uyu mukobwa yavuze ko yaryamanye na Ronaldo ari uko umugore we yabyaye ,ese ntibyaba ari ugushaka kubasenyera urugo.
Christiano Ronaldo abajijwe niba kuba umubyeyi yarabyishimiye yagize ati “nta kintu kiza nko kuba umubyeyi narabyishimiye cyane kandi byamindiye undi muntu utandukanye ni uko nari meze mbere”.
Ndayambaje F
3,573 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu

Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply