Ibya abandi bahanzi babakobwa bakwiye kwigira kuri Sheebah Kalungi umaze kugera kure muri muzika (Reba amafoto ye)
— November 12, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi Sheebah Karungi wo mu gihugu cya Uganda ubu amaze kugera ku rwego rushimishije muri muzika ariko hari icyo abikesha n’abandi bahanzikazi bakwiye kumwigiraho.
Bamwe mu bakwiye kumwigiraho harimo Young Grace ugerageza gukora muzika,Knowless nawe umaze gusa n’ufatisha ,Queen cha ugerageza, .






Abaze kujya mu cyerekezo kimwe na Sheebah harimo Charly na Nina abo bari mucyerekezo kiza n’uwitwa Marina na Paccy abandi ntibaramenya inzira berekeza baracyafite amasoni n’ubwoba kandi Abasitari nta soni bagira ndetse nta bwoba bagira.
Sheebah kugirango agree ku rwego agezeho yakoze byinshi bamwe bamuseka ariko bimwe mu byamufashije harimo kwikorera branding ,kwambara nk’Abasitari ,kwifotoza nk’Abasitari kumenya aho yifotoreza ,gukoresha social media cyane ,kumenyana n’abanyamakuru benshi no kugira impano yo kuririmba icya nyuma n’amahirwe abamo no kutarambirwa cyangwa gucika intege kubera ibibazo nk’umukobwa ahura nabyo bikomeye ariko akihangana akabivamo aribyo byatumye agera ku rwego rushimishe aho ubu akorera amafaranga menshi.
Uyu muhanzi amaze gukora indirimbo nyinshi harimo iyitwa Nkwatako ,indi yakoranye na Yanki Benda yitwa Farmer,Kisasi kimu,Ice cream, ubu akaba aherutse gukorana indirimbo nziza na The Ben.
Bamwe mu bahanzi hano mu Rwanda usanga iyo asohoye indirimbo akagira gutya akoherereza umunyamakuru kuri watsap ko yasohoye indirimbo nta mubwire amakuru arambuye ubwo akaba azi ko abirangije ibindi ntumubaze.




Ikindi ashobora kuyikora hagashira umwaka cyangwa igice cy’umwaka ntayindi arasohora ukibaza abantu bazamumenya gute nta competition ihari nkuko ahandi usanga abahanzi barushanwa gusohora indirimbo nziza izakundwa cyane kurusha abandi.
3,575 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply