Igisiga kiri mu byavuzwe ko cyateye umwaku ikipe ya Chelsea gutsindwa na Crystal Palace
— October 15, 2017
Please enter banners and links.

Ikipe ya Chelsea umunsi w’ejo kuwa gatandatu yatsinzwe n’ikipe ya Crystal ibitgo 2 kuri kimwe maze igisiga cyari gifite utwenda ku maguru yacyo turiho amabara y’ikipe ya Crystal Palace bati nicyo cyatumye Chelsea itsindwa.
Ni nkaho bavugaga ko ari ibirozi by’ikipe ya Crystal Palace ariko I Burayi naho habayo amarazi nkavugwa muri Africa?.
Iyi kipe ya Crystal Palace niwo mukino itsinze wa mbere ndetse nta gitego yari yagatsinze ariko igitangaje n’uburyo yatsinze ikipe ikomeye nka Chelsea yatwaye igikombe umwaka ushize.



Baba abafana ba Chelsea cyangwa abakinnyi bayo nta n’umwe wumvaga ko yatsindwa n’ikipe ya nyuma ku rutonde ndetse itaratsindaho n’umukino n’umwe ariko igatsinda Chelsea.

Umutoza mushya wa Crystal Palace Roy Hodgson

Cahill umwe mu bakinnyi bakina inyuma wa Chelsea yikoreye amaboko
Umwe mu bakinnyi bakomeye muri Crystal Palace witwa Wilfried Zaha yari amaze iminsi mu mvune akaba aribwo yagarutse mu ikipe ndetse akaba yatsinze igitego cy’intsinzi.Chelsea ikaba itari ifite umukinnyi wo hagati Ngolo Kante ari nacyo bamwe mu bafana bitwaje.
Ndayambaje F
2,655 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply