Hashyizweho akayabu $10,000,000 ku watanga amakuru yakuza Trump ku butegetsi
— October 15, 2017
Please enter banners and links.

Umwanditsi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yandika inkuru z’abakuze cyangwa pornography, yatangaje igihembo ku muntu wazana amakuru yakuza ku butegetsi Perezida Trump.
Icyo gihembo ni Miiliyoni icumi z’amadolari ya Amerika, azahabwa uwo wese uzazana amakuru ashobora gutuma Donald Trump akurwa mu mabanga yo kuyobora Amerika.
Larry Flynt, nyiri ikinyamakuru Hustler, yavuze ko gukura bwana Trump ku butegetsi imbere y’uko amazi arenga inkombe ari igikorwa cya buri Munyamerika wese.
Itangazo ribyamamaza ritanga nimero ya telefone hamwe na email yo koherezaho ayo makuru.

Bwana Flynt, yashyigikiye cyane Hillary Clinton igihe yiyamamariza kuba umukuru w’igihugu, yari amaze gusohora amatangazo ariko ntiyari bwemere gutanga amahera angana uko.
2,819 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply