Kuki shampiyona ya U15 itatangiye muri Gashyantare 2017 ?">
Kuki shampiyona ya U15 itatangiye muri Gashyantare 2017 ?
— March 3, 2017
Please enter banners and links.

Nyuma yo gutangaza ko shampiyona y’anbatarengeje imyaka 15 izatangira muri Gashyantare, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryemeje ko yatinze kuko bari bataranoza amasezerano n’ishyirahamwe ry’imikino mu mashuri.
Aganira na Radio/TV10, Nzamwita Vincent, umuyobozi wa FERWAFA yavuze ko bakerereweho ukwezi kuko bari bataranoza amasezerano n’Ishyirahamwe ry’imikino yo mu mashuri.
Yagize ati ” Twagombaga gutangira muri Gashyantare ariko kuko tuzakorana n’abashinzwe imikino mu mashuri hari ibyo twari tutarumvikana, tuzayashyiraho umukono ku masezerano.”
Nzamwita avuga ko muri aya masezerano harimo kumvikana aho bazageza iri rushanwa, ku rwego rw’igihugu, aho aya masezerano bateganya kuzayatanga muri FIFA kugira ngo baboneyo ubufasha.
Akomeza avuga ko bazagaragazamo aho abashinzwe imikino mu mashuri bazajya bagarukira mu gutegura iyi mikino.
Yagize ati ” Hazajyamo no guhugura abatoza bari hasi mu bana (Grassroots) no gushyiraho amatsinda y’abatoza batoranya abana bafite impano, tuzatoranya abanyuma i Kigali bazavamo abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17.”
Biteganyijwe ko aya marushanwa azarangirana n’umwaka w’amashuri, abana bajya mu biruhuko bikuru, aho bavuga ko gufatanya n’amashuri bitazasaba amafaranga menshi.
2,801 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye
Leave a reply