Kuki shampiyona ya U15 itatangiye muri Gashyantare 2017 ?">
Kuki shampiyona ya U15 itatangiye muri Gashyantare 2017 ?
— March 3, 2017
Please enter banners and links.

Nyuma yo gutangaza ko shampiyona y’anbatarengeje imyaka 15 izatangira muri Gashyantare, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryemeje ko yatinze kuko bari bataranoza amasezerano n’ishyirahamwe ry’imikino mu mashuri.
Aganira na Radio/TV10, Nzamwita Vincent, umuyobozi wa FERWAFA yavuze ko bakerereweho ukwezi kuko bari bataranoza amasezerano n’Ishyirahamwe ry’imikino yo mu mashuri.
Yagize ati ” Twagombaga gutangira muri Gashyantare ariko kuko tuzakorana n’abashinzwe imikino mu mashuri hari ibyo twari tutarumvikana, tuzayashyiraho umukono ku masezerano.”
Nzamwita avuga ko muri aya masezerano harimo kumvikana aho bazageza iri rushanwa, ku rwego rw’igihugu, aho aya masezerano bateganya kuzayatanga muri FIFA kugira ngo baboneyo ubufasha.
Akomeza avuga ko bazagaragazamo aho abashinzwe imikino mu mashuri bazajya bagarukira mu gutegura iyi mikino.
Yagize ati ” Hazajyamo no guhugura abatoza bari hasi mu bana (Grassroots) no gushyiraho amatsinda y’abatoza batoranya abana bafite impano, tuzatoranya abanyuma i Kigali bazavamo abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17.”
Biteganyijwe ko aya marushanwa azarangirana n’umwaka w’amashuri, abana bajya mu biruhuko bikuru, aho bavuga ko gufatanya n’amashuri bitazasaba amafaranga menshi.
2,647 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply