FERWAFA yamaze kwemeza ko Antoine Hey ari we wahawe akazi ko gutoza Amavubi">
FERWAFA yamaze kwemeza ko Antoine Hey ari we wahawe akazi ko gutoza Amavubi
— March 3, 2017
Please enter banners and links.

Nyuma y’uko basigaye ari abatoza batatu bahatanira uyu mwanya umutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubudage Antoine Hey niwe wahawe inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi.
Uyu mutoza wari uhanganye n’abatoza nka Savoy ukomoka mugihugu cy’Ubusuwisi ndetse na Jose Rui Lopes Aguas wo muri Portugal baherukaga gukora ikizamini cyo kuvuga ku italiki 27 z’ukwezi kwa kabiri muri uyu mwaka.
Antoine Hey w’imyaka 46 ategerejwe kugera mu Rwanda kugira ngo atangire inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu igomba gutangira kwitegura gushaka itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Africa (CAN) ndetse n’imikino ya nyuma ya CHAN .
2,620 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply