FERWAFA yamaze kwemeza ko Antoine Hey ari we wahawe akazi ko gutoza Amavubi">
FERWAFA yamaze kwemeza ko Antoine Hey ari we wahawe akazi ko gutoza Amavubi
— March 3, 2017
Please enter banners and links.

Nyuma y’uko basigaye ari abatoza batatu bahatanira uyu mwanya umutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubudage Antoine Hey niwe wahawe inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi.
Uyu mutoza wari uhanganye n’abatoza nka Savoy ukomoka mugihugu cy’Ubusuwisi ndetse na Jose Rui Lopes Aguas wo muri Portugal baherukaga gukora ikizamini cyo kuvuga ku italiki 27 z’ukwezi kwa kabiri muri uyu mwaka.
Antoine Hey w’imyaka 46 ategerejwe kugera mu Rwanda kugira ngo atangire inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu igomba gutangira kwitegura gushaka itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Africa (CAN) ndetse n’imikino ya nyuma ya CHAN .
2,672 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye
Leave a reply