Umupira w’amaguu utegerejwe n’abantu benshi hagati y’ikipe a Liverpool na Napoli hagomba guca uwambaye uyu munsi
— December 11, 2018
Please enter banners and links.

Kuri uyu mugoroba wo kuwa kabiri tariki 11 Ukuboza 2018 hari umukino wamashiraniro aho ikipe zombi Liverpool iri mu rugo iraba yakiriye ikipe ya Napoli yo mu Butaliyani aho buri imwe ishaka gutsinda kugirango ikomeze mu kiciro gikurikiraho.
Liverpool irasabwa gutsinda ibitego 3 ku busa ikintu gishobora kuyigora ariko iri joro rishbora kuba amateka ku ikipe ya Liverpool nkuko byabaye muri 2005 ubwo yari yatsinzwe ibitego 3 mu gice cya mbere mu gice cya kabiri ikabyishyura bakajya muri penalite Liverpool ikazitsinda igatwara igikombe cya Champions League.
Napoli kugeza ubu niyo iyoboye itsinda C n’amanota 9 igakurikirwa na PSG ifite amanota 8 mu gihe Liverpool ifite amanota 6 na Red Star Belgrade ifite 4.
Liverpool igomba gutsinda uyu mukino kugirango igire amanota 9 inganye na Napoli barebe iyatsinze indi kenshi ikomeze mu gihe PSG nitsinda iribugire amanota 11 naho Napol yatsinda ikagira amanota 12.




Napolin’itsinda irakomeza na PSG kuko hagomba gukomeza ikipe 2 ,nitsindwa Liverpool irakomeza na PSG kuko iya nyuma niyo yatsinda yagira amanota 7 yaba irushwa na PSG yaba yatsinzwe yagumana 8 na Napoli zikagenda ari 2.






Murekezi Alex
2,914 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply