Ranieri umutoza wa Leicester city amaze kwirukanwa
— February 23, 2017
Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa 23 Gashyantare 2017 ikipe ya Leicester city imaze kwirukana umutoza wayo Cladio Ranieri wayihisheje igikombe cya Shampiyona mu gihugu cy’Ubwongereza umwaka ushize.
Ubuyobozi bw’ikipe ya Leicester city bwafashe icyemezo cyo kumwirukana nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Sevilla ibitego 2 kuri kimwe mu gikombe cya Champions League ndetse ikaba irusha inota rimwe ikipe ya nyuma muri Shampiyona yo mu Bwongereza.
Iyi kipe imaze gutsinda imikino 5 gusa kuva iyi shampiyona yatangira hakaba hasigaye imikino 13 gusa kandi kuwa mbere izakina na Liverpool.
Ndayambaje F
2,564 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply