Charly na Nina bavuye muri Central Africa ariko ibyaho birasekeje
— February 24, 2017
Please enter banners and links.

Abahanzi Charly na Nina bavuye mu gihugu cya Centrel Africa gukorerayo igitaramo kubera muzika yabo ikunzwe cyane.
Igitaramo bagikoze ku munsi w’abakundanye kuwa 14 Gashyantare 2017 ariko Nina avuga ibyo muri icyo gihugu ukumva bisekeje.
Igihugu cya Central Africa n’igihugu kiri mu ntambara ndetse bamwe bakaba bari baragize impungenge ubwo aba bahanzi bari bagiye kujya muri icyo gihugu ariko Charly na Nina bayobowe na Muyoboke Alex baragiye bakora igitaramo kiza abaturage muri icyo gihugu barabyishimira cyane.

Umuhanzi Nina aganira n’Ikinyamakuru Umusingi yabajijwe urwego muzika yo mu gihugu cya Central Africa uhagaze agira ati “n’igihugu kiri mu ntambara nta byinshi namenye gusa twashoboye kumenya ko bafite abahanzi nka 5 gusa umwe muri bo niwe twakoranye igitaramo”.

Ibumoso ni Charly hagakurikiraho Nina ku batabazi
Igihugu cyose kumva ko gifite abahanzi 5 biba bisekeje ariko buriya 5 bashobora gukora neza bakaba benshi nkuko mu Rwanda byatangiye ari bake ubu bakaba ari benshi cyane.
Iki gihugu Perezida waho yarindwaga n’abasirikare babanyarwanda ikigaragaza ko u Rwanda rumaze kugera kure mu kurinda umutekano ndetse n’abahanzi bakaba bamaze kugera ku rwego mpuzamahanga.
Noella
2,805 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply