Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
— October 12, 2021
Please enter banners and links.

Nyuma y’uko ikipe ya Newcastle Utd yo mu Bwongereza iguzwe n’Abarabu bakayishoramo Amafaranga menshi cyane agera kuri Miliyoni 305£ ubu ikaba ishaka umutoza uzayizamura igatangira gutwara ibikombe.
Mu batoza 4 ishaka uza ku isonga harimo Steven Gerrard utoza ikipe ya Rangers ndetse uherutse kuyihesha igikombe cya Shampiyona ndetse hagakurikiraho umutoza watozaga Chelsea na InterMilan ariwe Konte na Brendan Rogers wohoze atoza ikipe ya Liverpool ubu akaba atoza ikipe ya Leicester City ndetse n’umutoza wa Dortmond.
Abaherwe baguze iyi kipe ya Newcastle bivugwa ko ari abaherwe cyane ndetse barusha abaherwe ba PSG ubateranije n’abaherwe na Man City n’umuherwe wa Chelsea.

Ubu amakipe yatangiye gutinya ko Newcastle ishobora gutwara abakinnyi b’ayo makipe bakomeye kubera Abaherwe bashaka ko itangira gutwara ibikombe igomba gushaka umutoza mwiza bakamuha amafaranga akagura Abakinnyi bakomeye nkuko za Chelsea zabigenje zimaze kugurwa n’Umuherwe na Man City .
Mu bakinnyi ishaka haravugwa Martial wa Man United ,Rahim Starling wa Man City na Jesse Lingard wa Man United n’abandi bakomeye.
Umutoza wari usanzwe atoza iyi kipe ya Newcastle Bruce bikaba biteganijwe ko agomba kwirukanwa ku kazi bitarenze amasaha 48.
Ndayambaje F
2,996 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Champions League muri 1/8: Uko amakipe yatomboranye ,Messi azahangana na Neymar
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply