umu amakuru- Isesengura :Impamvu Perezida Museveni azaguma kubutegetsi kugeza apfuye ni uko yashyizweho n’Abacwezi | Umusingi

Isesengura :Impamvu Perezida Museveni azaguma kubutegetsi kugeza apfuye ni uko yashyizweho n’Abacwezi

Please enter banners and links.

Nkuko Ikinyamakuru Umusingi kijya kibagezaho inkuru zisesenguye kandi utasanga ahandi kuri ubu twasesenguye inkuru ya Perezida Museveni bivugwa ko gutinda ku butegetsi ari uko yashyizweho n’Abacwezi.

Perezida Museveni hari ibimenyetso bigaragaza ko ari umuntu udasanzwe ku buryo ibivugwa ko yashyizwe ku butegetsi n’Abacwezi bishobora kuba bifite ishingiro cyangwa ari ukuri kuko ku myaka ye itajya ivugwaho rumwe kuko we avuga ko afite imyaka 75  kuko avuga ko yavutse mu mwaka wi 1944.

Mbere y’uko dukomeza kubuzima bwe hari uwakwibaza Abacwezi n’abantu?cyangwa bamushyize ku butegetsi gute?ariko Abacwezi n’abantu ariko batajya bagaragara ariko bakaba abantu bakunda korora inka ndetse bo bagaragara n’injoro.

Abacwezi ku bantu bigiye mu bihugu nka Uganda cyangwa za Kenya na Tanzania Abacwezi babayo ndetse amateka yabo abana barayiga mu mashuri abanza n’ayisumbuye ndetse bagira ubuyobozi bwabo.

Hano ni cyera atarasaza

Hano yari amaze gukura

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni

N’ubwo Abacwezi bari aborozi b’inka bagiraga idini aria bantu bakunda gusenga ariko mu buryo bw’umwuka (Spirtual)ndetse bakavura abantu bagakira ku buryo n’imiti ubu abashakashatsi bakoresha bivugwa ko aribo bayizanye.Abacwezi amateka avuga ko ari abo muri Uganda ahitwa za Bunyoro .

Muri Uganda uramutse ugeze Uganda za Bunyoro uzumva abantu bavuga ngo Abakama ba Bunyoro Kitara , Abatembuzi, Abacwezi, Ababito ,abo bantu bafite imbaraga zidasanzwe bashobora kuza n’injoro bakagutwara bakagukoresha ibyo bashaka ku buryo bashobora kugutwara bakaguha imbaraga zokuvura abantu mu buryo bw’umwuka kandi bikaba cyangwa bakaguha ubuyobozi .

Bamwe mu bazi amateka y’Abacwezi babihuza n’uburyo Perezida Museveni ayobora igihugu cya Uganda ,igihugu gikunzwe cyane ku isi aho usanga abantu baturuka mu bihugu bitandukanye bajya gutura muri Uganda cyangwa gukorerayo kandi buri umwe agakora agatera imbere.

Perezida Museveni aratangaje ku buryo abaturage muri icyo gihugu birirwa bamutuka ariko akabihorera kandi afite uburenganzira bwo kuba yabakora icyo ashaka yabafunga cyangwa akabica kuko afite ubwo bushobozi ariko usanga ntacyo bimubwiye kandi akunda abantu ndetse agaha abantu ubwisanzure.

Ugeze mu gihugu cya Uganda uzahasanga abantu baturuka mu bihugu bitandukanye nka Sudani zombie baruzuye ,Ethiopia,Tanzania ,Kenya ,Rwanda,Burundi ,Congo ,Abahinde ,Abashinwa n’abandi batandukanye kandi bishimiye kuba muri icyo gihugu kandi bafite akazi abandi baracuruza ndetse bakabona amafaranga bagasubira iwabo guteza imbere iwabo.

Abacwezi n’abantu bagira ubwenge bwinshi cyane kandi na Perezida Museveni agira ubwenge bwinshi cyane aribyo bimufashije kuyobora imyaka myinshi kuko yagiye ku butegetsi mu mwaka wi 1986 ariko hari abagerageza kumurwanya kugirango bamukure ku butegetsi bikabananira urugero ni nka Col.Kiiza Besigye ,Gen.Mugisha Muntu ndetse na Bobi Wine umumereye nabi ariko kubera ashaje ubu ashobora gutsindwa ariko kubera ubwenge bwe ashobora kudatsindwa yariteguye ndetse afite uzamusimbura ku butegetsi cyangwa se akazapfira ku buyobozi nka Mugabe Robert wa Zimbabwe.

Ikindi gituma abantu batangara kubera Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni aherutse kugaragara atera pompaje (Pressureups)30 kandi hari abasore benshi batazigezaho aho bivugwa ko izo mbaraga ari zo ahabwa n’Abacwezi kuko nta wundi wabishobora ku myaka afite.

Hari bamwe mu ba Perezida iyo bagiye mu cyaro guhura n’abaturage usanga bitoroshye kugirango areke abaturage baze aho ari cyangwa yicaye ariko Museveni hari ahantu henshi agera akareka abaturage bakaza aho yicaye hari umugore waje yiruka ashaka kujya kumusuhuza kubera uburyo amukunda abasirikare baramubuza ariko Museveni aramubona bamubuza arababwira ati mu mureke aze aragenda amwicara ku bibero aramukikira ubona ntakibazo afite ndetse hari n’akana gato kagiye aho yicaye kakamubaza ngo ni wowe Museveni?kumufatafata gakubagana mbese arakareka agiye kugenda yagahaye ibahasha irimo amafaranga n’abandi benshi yagiye ahura nabo.

Muhungu John-Kampala

5,057 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.