
Ibihano umutoza wa Chelsea Frank Lampard yafatiye abakinnyi bikaze gukererwa mu myitozo uhanishwa £20,000
— November 12, 2019

Please enter banners and links.
Umutoza w’ikipe ya Chelsea Frank Lampard yashyizeho ibihano bikaze ku bakinnyi b’iyi kipe ndetse bikaba bikaze cyane nkuko bigaragara ku rutonde rwabyo.Umukinnyi wese ukerererwa kuza ku myitozo ahanishwa amande ya £20,000 naho buri munota agacibwa £500 gukererwa mu nama y’ikipe.
Mu bindi bihano ni uko iyo phone isonnye mu nama ucibwa £10,000 ndetse umu agent cyangwa ushinzwe gushakira umukinnyi indi kipe yakinamo aramutse ananiranywe n’ikipe akinira arahagarikwa.




Umutoza Frank Lampard ibi kubikora ni ukugirango ace agasuzuguro k’abakinnyi baba bumva ari abasitari nta wabavugaho ibyo akaba yarabikemuye ashyiraho ibihano bikaze kandi bikaba byaratumye agera ku ntego ye kuko ubona ikipe amaze kuyishyira ku murogo n’ubwo hari abavuagaga ko atazayishora.
Umukinnyi utinda kurra Bus kujya kumukino cyangwa urangiye agatinza abandi acibwa £2,500 ndetse n’abakinnyi badasaba uruhushya rwo kubonana na muganga mbere bakavuga batinze nabo bacibwa £2,500 cyangwa kutavuga imvune umukinnyi afite mbere nabwo urahanwa.
Chelsea n’ikipe yari imeze nabi ariko ubu umutoza Frank Lampard akaba amaze kuyishyira kumurongo ndetse ikaba iri mu makipe 4 ya mbere ku rutonde rwa shampiyona y’uBwongereza ihatanira igikombe.
Ndayambaje F
3,313 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply