Igikombe cya Capital one gishobora kuba kirimo kwerekeza Anfield
— January 27, 2016
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool kuwa 26 Mutarama 2016 nibwo yatsindiye gukina umukino wa nyuma mu irushanwa ry’igikombe cya Capital one itsinze Stoke City kuri penalite 6-5 kuko umuzamu wa Liverpool yakuyemo 2 uwa stoke akuramo imwe gusa bityo Liverpool iba itsindiye kujya I Wembly .
Ikipe ya Liverpool ikaba yari yatsinze Stoke City umukino ubanza igitego kimwe ku busa uwo kwishyura ariwo bakinaga Stoke itsinda Liverpool kimwe bajya mu minota yinyongera aho byabaye ngombwa ko bakizwa na penalite.
Liverpool izakina umukino wanyuma hagati y’ikipe iributsinde mu mukino uribuhuze Man City na Everton ariko Everton ikaba yaratsinze Man City ibitego 2 kuri kimwe .
Umutoza wa Liverpool akaba ashobora gukora amateka mu gihugu cy’Ubwongereza gutwara igikombe aribwo akigera mu ikipe ndetse akaba ashobora kuyizana muri 4 za mbere muri Premier League ndetse akaba agifite amahirwe yo gutwara ibindi bikombe kuko ikipe ya Liverpool ifite amarushanwa atandukanye ikina harimo Capital one ,Europa League ,FA,na Premiership.
Ibyo bikombe uko ari 4 akinira aramutse atwayemo 3 cyangwa 2 yaba agaragaje ubuhanga kuko mu Bwongereza hakunda kunanira abatoza benshi ndetse n’abakinnyi baba baturutse ahandi.
Muhungu John
3,958 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply