Nyina wa Pep Guardiola utoza Manchester City yishwe na Coronavirus nyuma yo gutanga £920,000 I Catalonia
— April 6, 2020
Please enter banners and links.

Nyina wa Pep Guardiola utoza Manchester City, Dolors Sala Carrió, wari ufite imyaka 82, yitabye Imana kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Mata 2020 azize icyorezo cya Coronavirus.
Dolors Sala Carrió yari amaze iminsi arwariye mu rugo i Manresa mu Mujyi wa Barcelone muri Espagne.
Ikipe ya Manchester City yemeje ko nyina wa Pep Guardiola yishwe na Coronavirus, mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Twitter.








Yagize iti “Umuryango wa Manchester City ubababajwe no kumenyesha urupfu rwa nyina wa Pep, Dolors Sala Carrió witabye Imana i Manresa muri Barcelone uyu munsi, azize Coronavirus. Yari afite imyaka 82. Buri wese ufite aho ahuriye n’ikipe, yifatanyije na Pep muri ibi bihe bitoroshye, umuryango we n’inshuti ze.”
Mu kwezi gushize, Pep Guardiola yatanze miliyoni 1€ (asaga miliyari 1 Frw) yo gufasha inzego z’ubuzima muri Espagne gukomeza guhangana n’icyo cyorezo.
Espagne iri mu bihugu bibiri byibasiwe cyane na Coronavirus kurusha ibindi ku Isi, aho abasaga ibihumbi 135 bamaze kuyandura mu gihe abapfuye basaga ibihumbi 13.
3,436 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply