Ibiryo byateje umutekano mucye umukozi wa KCCA aruma umuturanyi umunwa hafi kuwucaho
— April 4, 2020
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda umukozi wa KCCA yarumye umuturanyi we umunwa amuziza gutuma umwana kwiba ibiryo bye ariko abaturage bamukubise hafi kumwica.
Tom Anguzo w’imyaka 21 utuye ahitwa Kibe zooni ukora mu modoka ya KCCA itwara imyanda niwe warumye umuturanyi we Ramula Nakanwagi w’imyaka 49 umunwa amuziza kohereza umwana kwiba ibiryo bye yavuze ko muri iyi minsi kubona ibiryo bitoroshye. Nakanwagi barumyeho umunwa yavuze ko gutongana byatangiye kuwa kabiri ubwo Anguzo yababwiraga ngo we n’umukire afite amafaranga yabatunga umwaka wose w enta kibazo afite.





Yakomeje avuga ko Kuwa gatatu Anguzo yakubise umwana we inshyi nyinshi avuga ko yari agiye kwiba ibiryo bye bamubujije ahita afata Shakira Namirembe w’imyaka 20 umukobwa wa Nakanwagi aramukubita cyane byatumye aza gukiza umukobwa we ariko Anguzo umujinya yawumariye kuri Nakanwagi amuruma umunwa.
Abaturanyi bahise bamukubita hafi kumwica bavuga ko yari yarabamazeho amahoro ,Nakanwagi we yahise yiruka ajya kuri Polisi yo ku Kaleerwe atanga ikirego SD REF: 20/01/04/2020.
4,063 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply