Kwizera Pierrot atowe nk’umukinnyi w’umwaka
— July 9, 2017
Please enter banners and links.

Muri Marriot Hotel mu mujyi wa Kigali kuri iki cyumweru tariki 9 Nyakanga 2017 aho umwaka wa shampiyona ugiye gushyirwaho akadomo hahembwa abakinnyi bitwaye neza muri shampiyona yegukanywe na Rayon Sports.
Ibi birori byatangiye bitinzeho amasaha abiri, biri busozwe hamenyekanye umukinnyi wahize abandi muri shampiyona y’icyiciro cya mbere, igihembo nyamukuru kiri bubanzirizwe n’ibindi byiciro biteganyijwe guhembwa uyu munsi.
Ndashima abakinnyi abafana ba Rayon Sports. Batubaye inyuma.
Ndashima AZAM na Ferwafa. Iki gihembo ni icya Fan Club zose za Rayon Sports.
Ayo n’amwe mu magambo yavuze amaze guhabwa igihembo cy’umukinnyi w’umwaka warushije abandi bose.Inkuru iracyakomeza
2,475 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply