Kwizera Pierrot atowe nk’umukinnyi w’umwaka
— July 9, 2017
Please enter banners and links.

Muri Marriot Hotel mu mujyi wa Kigali kuri iki cyumweru tariki 9 Nyakanga 2017 aho umwaka wa shampiyona ugiye gushyirwaho akadomo hahembwa abakinnyi bitwaye neza muri shampiyona yegukanywe na Rayon Sports.
Ibi birori byatangiye bitinzeho amasaha abiri, biri busozwe hamenyekanye umukinnyi wahize abandi muri shampiyona y’icyiciro cya mbere, igihembo nyamukuru kiri bubanzirizwe n’ibindi byiciro biteganyijwe guhembwa uyu munsi.
Ndashima abakinnyi abafana ba Rayon Sports. Batubaye inyuma.
Ndashima AZAM na Ferwafa. Iki gihembo ni icya Fan Club zose za Rayon Sports.
Ayo n’amwe mu magambo yavuze amaze guhabwa igihembo cy’umukinnyi w’umwaka warushije abandi bose.Inkuru iracyakomeza
2,363 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply