Wayne Rooney yageze mu ikipr ya Everton bamwe mu bakinnyi ba Manchester United bamusezeye baririra
— July 9, 2017
Please enter banners and links.

Rutahizamu wa Manchester United ndetse akaba ariwe wari kapiteni wayo Wayne Rooney kuri iki cyumweru tariki ya 9 Nyakanga 2017 yagurishijwe mu ikipe yakuriyemo akiri muto ariko bagenzi be bakaba bamusezeyeho mu marira n’ubutumwa bw’agahunda.
Hashize imyaka igera kuri 13 uyu mukinnyi avuye muri iyi kipe ya Everton bityo abafana n’umutoza wa Everton bakaba bamwakiranye ubwuzu n’urugwiro.
Rooney akaba yabwiye abafana b’ikipe ya Everton ko atagarutse mu ikipe ya Everton kubera izindi mpamvu cyangwa amarangamutima ariko ngarutse gutwara ibikombe n’ikipe yanjye yankujije kandi nkumbuye kongera kwambara umwambaro w’ubururu ndi mu kibuga cya Goodison.

Rooney ari mu modoka ye agiye muri Everton

Rooney arimo gusinyira abakunzi be b’ikipe ya Everton FC amaze kuhagera

Rooney afite imyaka 18 ubwo yagurwaga na Furgason aza muri Man United


Ander Herrera umwe mu bakinnyi bakinanaga na Wayne Rooney yagize ati “umunsu umwe nzabwira abuzukuru banjye ko nakinanye na Wayney Rooney nkwifurije ibihe byiza aho ugiye kandi tuzakomeza kuzirikana agaciro kawe”.
Rooney akaba yasinye amasezerano y’imyaka 2 akinira iyi kipe ye akunda cyane nkuko yabivuze ati mu rugo n’abana anjye twajyaga twambara Pajama za Everton ariko nari narabigize ibanga kumara imyaka 13 yose maze mvuye hano ,iyi niyo kipe yanjye nkunda cyane kandi nishimiye kugaruka hari hari amakipe menshi anshaka ariko umutoza Keoman yari yarambwiye ko ashaka ko ngaruka mu rugo ubwo rero niko guhitamo kugaruka mu rugo.
2,561 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply