Liverpool mubiganiro n’umukinnyi Mario Gotze">
Liverpool mubiganiro n’umukinnyi Mario Gotze
— February 20, 2017
Please enter banners and links.

Uyu mukinnyi ukomoka mu gihigu cy’ubudage akaba yaratwanye igikombe cy’isi cyabereye mu gihugu cya brezil mu mwaka wa 2014 ari kumwe n’ikipe y’igihugu cy’ubudage.
Mario Gotze afite imyaka 20 y’amavuko akaba yaravukiye mu gace ka Memmingen mu gihugu cy’ubudage,uyu musore yamenyekanye cyane akinira ikipe ya Borussia Dortmund aho yakiniye iyi kipe kuva mu mwaka wa 2009 kugeza mu mwaka wa 2013 yaje kuyivamo yerekeza mu ikipe ya Bayern Munich, nyuma yokubura umwanya uhagije wo gukina uyu musore yafashe icyemezo cyo kuyivamo nyuma gusa y’imyaka itatu agaruka mu ikipe yamureze ari nayo abarizwamo ubu.

Nk’uko ikinyamakuru the sun cyandikirwa mu bwongereza kibitangaza ikipe ya Liverpool yiteguye gutanga milioni 20 z’amapawundi uyu musore akava mubudage akarekeza muri iyi kipe itozwa n’umutoza Jurgen Klopp wahoze anamutoza mu ikipe ya Borussia Dortmund.
Ubu uyu mukinnyi Mario Gotze wifuzwa n’ikipe ya Liverpool yaravunitse akaba atari gufasha ikipe ye ya Borussia Dortmund mu mikino ya ueffa champions league.
2,612 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply