Liverpool mubiganiro n’umukinnyi Mario Gotze">
Liverpool mubiganiro n’umukinnyi Mario Gotze
— February 20, 2017
Please enter banners and links.

Uyu mukinnyi ukomoka mu gihigu cy’ubudage akaba yaratwanye igikombe cy’isi cyabereye mu gihugu cya brezil mu mwaka wa 2014 ari kumwe n’ikipe y’igihugu cy’ubudage.
Mario Gotze afite imyaka 20 y’amavuko akaba yaravukiye mu gace ka Memmingen mu gihugu cy’ubudage,uyu musore yamenyekanye cyane akinira ikipe ya Borussia Dortmund aho yakiniye iyi kipe kuva mu mwaka wa 2009 kugeza mu mwaka wa 2013 yaje kuyivamo yerekeza mu ikipe ya Bayern Munich, nyuma yokubura umwanya uhagije wo gukina uyu musore yafashe icyemezo cyo kuyivamo nyuma gusa y’imyaka itatu agaruka mu ikipe yamureze ari nayo abarizwamo ubu.

Nk’uko ikinyamakuru the sun cyandikirwa mu bwongereza kibitangaza ikipe ya Liverpool yiteguye gutanga milioni 20 z’amapawundi uyu musore akava mubudage akarekeza muri iyi kipe itozwa n’umutoza Jurgen Klopp wahoze anamutoza mu ikipe ya Borussia Dortmund.
Ubu uyu mukinnyi Mario Gotze wifuzwa n’ikipe ya Liverpool yaravunitse akaba atari gufasha ikipe ye ya Borussia Dortmund mu mikino ya ueffa champions league.
2,508 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply