umu amakuru- Trinity Bus yakoze impanuka abantu batangira kwibaza niba ibisimbuyeho Jaguar bavugaga ko nyirayo ajya ikuzimu | Umusingi

a468bb09-7489-4ed9-8e7c-1f3962363ff7-dbc3dTrinity Bus yakoze impanuka abantu batangira kwibaza niba ibisimbuyeho Jaguar bavugaga ko nyirayo ajya ikuzimu

Please enter banners and links.

a468bb09-7489-4ed9-8e7c-1f3962363ff7-dbc3d

Amakuru azindutse avugwa kuri iki cyumweru tariki 19 Gashyantare 2017 ni imodoka yo mu bwoko bwa Bus ya Trinity  itwara abagenzi kuva I Kigali kujya Kampala yakoze impanuka ikagwa igiye kugera mu mujyi wa Kampala.

Abantu batandukanye batangiye kwibaza niba ibisimbuyeho Bus za Jaguar zakundaga gukora impanuka mu mpera z’umwaka bikavugwa ko nyirazo Jane yajyaga ikuzimu.

Bamwe bavugaga ko iyo modoka ishobora kuba yakoze impanuka ijoro ryakeye ariko ayo makuru akaba atariyo ahubwo ikaba yaraguye Kuwa gatanu nkuko byemejwe n’umuvugizi wa Polisi y’igihugu ACP Badege Theos.

Ku rubuga nkoranyambaga rwa polisi n’abanyamakuru yagize ati “ntabwo yaguye saa mbiri zijoro ahubwo yaguye kuwa gatanu kandi Trinity ikaba ihumuriza abantu bose ko nta muntu wapfiriye muri iyo mpanuka n’abakomeretse ni buhoro”.

Muhungu John Kampala

3,295 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.