Trinity Bus yakoze impanuka abantu batangira kwibaza niba ibisimbuyeho Jaguar bavugaga ko nyirayo ajya ikuzimu
— February 20, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru azindutse avugwa kuri iki cyumweru tariki 19 Gashyantare 2017 ni imodoka yo mu bwoko bwa Bus ya Trinity itwara abagenzi kuva I Kigali kujya Kampala yakoze impanuka ikagwa igiye kugera mu mujyi wa Kampala.
Abantu batandukanye batangiye kwibaza niba ibisimbuyeho Bus za Jaguar zakundaga gukora impanuka mu mpera z’umwaka bikavugwa ko nyirazo Jane yajyaga ikuzimu.
Bamwe bavugaga ko iyo modoka ishobora kuba yakoze impanuka ijoro ryakeye ariko ayo makuru akaba atariyo ahubwo ikaba yaraguye Kuwa gatanu nkuko byemejwe n’umuvugizi wa Polisi y’igihugu ACP Badege Theos.
Ku rubuga nkoranyambaga rwa polisi n’abanyamakuru yagize ati “ntabwo yaguye saa mbiri zijoro ahubwo yaguye kuwa gatanu kandi Trinity ikaba ihumuriza abantu bose ko nta muntu wapfiriye muri iyo mpanuka n’abakomeretse ni buhoro”.
Muhungu John Kampala
3,339 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply