Cameroon : Nyuma yo gutwara igikombe cy’ africa umutoza Hugo Broos yikomye myugariro wa liverpool">
Cameroon : Nyuma yo gutwara igikombe cy’ africa umutoza Hugo Broos yikomye myugariro wa liverpool
— February 13, 2017
Please enter banners and links.

kipe y’igihugu ya Cameroon nyuma yo gukatisha tike yo kwerekeza muri Gabon mu
mikino yanyuma y’igikombe cy’Africa bamwe mu bakinnyi bakomye bahise batangazako
batazaza kwifatanya n’abagenzi babo muri iyo mikino.
Umukinnyi Joel MATIP myugariro ukomeye w’ikipe ya Liverpool ku isonga niwe wahise atangaza ko atazitabira iyo mikino.
Nyuma yo gutwara iki gikombe umutoza w’ikipe y’igihugu cya Cameroon Hugo Broos yatangaje ko Joel Matip n’abagenzi be bazahora bicuza icyatumye batererana igihugu cyabo ndetse yongeraho ko byongereye imbaraga abandi bakinnyi bitangiye igihugu cyabo. Yagize ati “ndatekerezako Joel nabagenzi be bazahorana ikiniga k’umutima kuko batereranye igihugu cyabo.
Cameroon yegukanye iki gikombe kunshuro ya 5 mu mateka, nyuma yo gustinda
ku mukino wanyuma ikipe y’igihugu ya Misiri ibitego biriri kuri kimwe.
2,393 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply