Amwe mu mateka ya Idris Elba">
Amwe mu mateka ya Idris Elba
— February 13, 2017
Please enter banners and links.

Yakinye yitwa Augustin Muganza muri film yitwa Sometimes in April igaragaza Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994 yakozwe mu gihe cy’iminsi 100. Ku bazi iyi film mwabonyemo umugabo uba ufite abana 2 n’umugore w’umututsi ariko aba ari n’umusirikare w’ipeti rya captain mu ngabo z’u Rwanda.
Idrissa Akuna Elba yavutse italiki 06 Nzeri mu 1972 avukira Hackney kuri se witwaga Wiston warufite ubwenegihungu bwa Sierra Leone ariko wakoreraga uruganda rwa Ford naho nyina yitwaga Eva warufite ubwenegihungu bwa Ghana. Ababyeyi ba Elba bashakaniye muri Sierra Leone ariko nyuma bimukira mu mugi wa London mu Bwongereza arinaho yakuriye mu mugi wa Hackney na East Ham, Ubwo yakomereza amashuri ye mu mugi wa Canning izina Idrissa ryahindutse Idris kuko arinaho yatagiriye gukina ubwo yakoraga umukino wo kwamamaza mu kinyamakuru arinaho yahuriye n’umuntu wambere wamufashije mu bikorwa bye byo gukura muri uwo murimo wo gukina film.

Mu mwaka 1986 yatangiye gufatanya na se wabo mu kazi yakoraga ko kuvaga imiziki mu bukwe butandukanye gusa yamaranye nawe igihe gito ku nyuma y’umwaka gusa Idris afatanyije n’izindi nshuti batagije kopanyi yabo.
Idris afite abana 2 gusa kugeza ubu ariko mu ntagiriro za Gashyantare 2017 yashyize hanze itangazo yuko ashaka umukobwa bazashimishanya ku munsi wabakundana kandi ko amwijeje ko azishima mu buryo bwose ashaka ariko bikaba ari amarushanwa azabaho kugira haboneke umwe muri abo.
2,861 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply