Amwe mu mateka ya Idris Elba">
Amwe mu mateka ya Idris Elba
— February 13, 2017
Please enter banners and links.

Yakinye yitwa Augustin Muganza muri film yitwa Sometimes in April igaragaza Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994 yakozwe mu gihe cy’iminsi 100. Ku bazi iyi film mwabonyemo umugabo uba ufite abana 2 n’umugore w’umututsi ariko aba ari n’umusirikare w’ipeti rya captain mu ngabo z’u Rwanda.
Idrissa Akuna Elba yavutse italiki 06 Nzeri mu 1972 avukira Hackney kuri se witwaga Wiston warufite ubwenegihungu bwa Sierra Leone ariko wakoreraga uruganda rwa Ford naho nyina yitwaga Eva warufite ubwenegihungu bwa Ghana. Ababyeyi ba Elba bashakaniye muri Sierra Leone ariko nyuma bimukira mu mugi wa London mu Bwongereza arinaho yakuriye mu mugi wa Hackney na East Ham, Ubwo yakomereza amashuri ye mu mugi wa Canning izina Idrissa ryahindutse Idris kuko arinaho yatagiriye gukina ubwo yakoraga umukino wo kwamamaza mu kinyamakuru arinaho yahuriye n’umuntu wambere wamufashije mu bikorwa bye byo gukura muri uwo murimo wo gukina film.

Mu mwaka 1986 yatangiye gufatanya na se wabo mu kazi yakoraga ko kuvaga imiziki mu bukwe butandukanye gusa yamaranye nawe igihe gito ku nyuma y’umwaka gusa Idris afatanyije n’izindi nshuti batagije kopanyi yabo.
Idris afite abana 2 gusa kugeza ubu ariko mu ntagiriro za Gashyantare 2017 yashyize hanze itangazo yuko ashaka umukobwa bazashimishanya ku munsi wabakundana kandi ko amwijeje ko azishima mu buryo bwose ashaka ariko bikaba ari amarushanwa azabaho kugira haboneke umwe muri abo.
2,757 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply