Messi yakatiwe n’urukiko rwo muri Spain igifungo cy’amezi 21
— July 6, 2016
Please enter banners and links.

Lionel Messi, kabuhariwe mu mukino w’umupira w’amaguru yakatiwe igifungo cy’amezi 21 no gutanga ihazabu ya miliyoni zirenga ebyiri z’amadolari nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitatu bijyanye no kudasora.
Icyo cyemezo cyafatiwe umunyargentina Messi, cyafashwe n’urukiko rw’umujyi wa Barcelona, ari naho akinira. Urwo rukiko kandi rwahanishije se wa Messi witwa Jorge na we gufungwa amezi 21 agatanga n’ihazabu ya miliyoni 1.5 z’amayero.
Uko ari babiri bahamwe n’ibyaha byo gukwepa imisoro ingana na miliyoni 4.1 z’amayero hagati y’umwaka wa 2007 na 2009.
Icyakora Messi w’imyaka 29 ashobora kutajyanwa muri gereza kuko amategeko muri Esipanye agena ko igihano kiri munsi y’imyaka ibiri bidafitanye isano n’urugomo umuntu ashobora kugikora ari hanze .
Mu rukiko Messi umaze kuba umukinnyi wa mbere ku isi inshuro eshanu yireguye avuga ko nta kintu na kimwe azi ku bijyanye n’umutungo we ahubwo ko ibyo aregwa byabazwa se. Messi aza ku mwanya wa 10 ku rutonde rw’abakinyi bakize kurusha abandi ku isi.
Ndayambaje F
2,669 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply