Supermarket iherereye hafi ya Civitas Hotel yahiye iba umuyonga
— July 6, 2016
Please enter banners and links.

Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Nyakanga 2016, iduka ryacururizwagamo ibiribwa n’ibikoresho bitandukanye (Supermarket) riherereye i Remera ku Gisimenti, ryafashwe n’inkongi y’umuriro ibyari birimo birashya bihinduka umuyonga.
Iri duka ryahiye rizwi nka Sahani Supermarket Ltd, riri hafi ya Civitas Hotel i Remera ku Gisimenti, muri metero nkeya uvuye kuri hoteli Chez Lando, ahaherutse naho kwibasirwa n’inkongi y’umuriro mu minsi micye ishize, n’ubwo ho hahiye gusa icyumba cy’inama.
Iyi nkongi y’umuriro yatangiye mu masaha ya mugitondo cya kare, yibasiye ibyari biri muri Supermarket byose birashya biba umuyonga, Polisi ikaba yabashije kuzimya ariko yahageze ibyinshi byari byamaze gushya .




Ikinyamakuru Umusingi cyagerageje kubaza nyiri Supermarket kuri Telephone ye igendanwa ariko atayitaba kimwe n’umuvugizi wa Polisi Umujyi wa Kigali nawe ntitwashoboye kumubona ku murongo wa Telephone.
Umwe mu bari bari aho iyo Supermarket iherereye I Remera yagize ati twagiye kubona tubona umwotsi urazamuka ari mwinshi nibwo twamenye ko inzu ihiye.
Umusingi1@gmai.com
2,435 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply