Abakinnyi 7 ba Liverpool bahatanira Ballon d’Or biforanije na certificates zabo aho buri umwe ashaka icyo gihembo
— November 12, 2019
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool ubu ivugwa ko ariyo kipe ikomeye ku isi nyuma yo gutwara Champions League ndetse ikaba ari ku mwamya wa mbere muri shampiyona y’uBwongereza ndetse ari aba mbere mu itsinda rya Champions League uyu mwaka ,iyi kipe ikaba ifite abakinnyi 7 bose bazatoranywamo uzatwara igihembo cya Ballon d’Or.
Abo bakinnyi barimo Sadio Mane, Mohamed Salah, Trent Alexander-Arnold, Alisson, Virgil van Dijk, Roberto Firmino na Georginio Wijnaldum aba bose bakaba barakinnye umukino wabahuje na Man City ku cyumweru gishize aho Liverpool yatsinze 3-1.

Sadio Mane, Mohamed Salah, Trent Alexander-Arnold, Alisson, Virgil van Dijk, Roberto Firmino na Georginio Wijnaldum

Aba bakinnyi bakaba barifororeje hamwe ku kibuga cya Melwood iyi kipe yitorezaho aho buri mukinnyi azahatana ashaka iki gihembo n’ubwo hari abandi bakinnyi baturuka mu yandi makipe ariko Liverpool ikaba ariyo ihabwa amahirwe ko umwe mu bakinnyi bayo yatwara iki gikombe.
Mu bakinnyi 7 ba Liverpool 3 muribo nibo bahabwa amahirwe ko umwe muribo ariwe uzatwara Ballon d’Or. Muri abo 3 harimo uwa mbere uhabwa amahirwe menshi ko ari Sadio Mane agakurikirwa na Mohamed Salah ndetse na Virgil van Dijk.
3,535 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply