
Ibihano umutoza wa Chelsea Frank Lampard yafatiye abakinnyi bikaze gukererwa mu myitozo uhanishwa £20,000
— November 12, 2019

Please enter banners and links.
Umutoza w’ikipe ya Chelsea Frank Lampard yashyizeho ibihano bikaze ku bakinnyi b’iyi kipe ndetse bikaba bikaze cyane nkuko bigaragara ku rutonde rwabyo.Umukinnyi wese ukerererwa kuza ku myitozo ahanishwa amande ya £20,000 naho buri munota agacibwa £500 gukererwa mu nama y’ikipe.
Mu bindi bihano ni uko iyo phone isonnye mu nama ucibwa £10,000 ndetse umu agent cyangwa ushinzwe gushakira umukinnyi indi kipe yakinamo aramutse ananiranywe n’ikipe akinira arahagarikwa.




Umutoza Frank Lampard ibi kubikora ni ukugirango ace agasuzuguro k’abakinnyi baba bumva ari abasitari nta wabavugaho ibyo akaba yarabikemuye ashyiraho ibihano bikaze kandi bikaba byaratumye agera ku ntego ye kuko ubona ikipe amaze kuyishyira ku murogo n’ubwo hari abavuagaga ko atazayishora.
Umukinnyi utinda kurra Bus kujya kumukino cyangwa urangiye agatinza abandi acibwa £2,500 ndetse n’abakinnyi badasaba uruhushya rwo kubonana na muganga mbere bakavuga batinze nabo bacibwa £2,500 cyangwa kutavuga imvune umukinnyi afite mbere nabwo urahanwa.
Chelsea n’ikipe yari imeze nabi ariko ubu umutoza Frank Lampard akaba amaze kuyishyira kumurongo ndetse ikaba iri mu makipe 4 ya mbere ku rutonde rwa shampiyona y’uBwongereza ihatanira igikombe.
Ndayambaje F
3,253 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply