Umukino wa Liverpool na Man City wari utegerejwe na benshi bivugwa ko itsinda izatwara igikombe warangiye habaye impaka ndende ko Liverpool yibiwe na VAR (Amafoto)
— November 11, 2019
Please enter banners and links.

Ku cyumweru tariki 10 Ugushyingo 2019 saa kumi n’ebyeri z’umugoroba nibwo amakipe ahanganye mu myaka 3 ishize Liverpool na Man City iheruka gutwara igikombe cya shampiyona y’uBwongereza zarakinnye Liverpool iyitsinda ibitego 3-1.
Uyu mukino wari washyuhije abantu enshi ku isi yose aho bamwe bavugaga ko Man City ari ikipe ikomeye o iributsinde Liverpool abandi bati Liverpool irakomeye kandi izatwara igikombe ku buryo umukino wagiye gutangira abantu bafite amatsiko uko uriburangire.
Umukino ugitangira mu minota ya mbere Man City yatangiranye umupira isatira izamu rya Liverpool ariko Liverpool ihita yigarurira umupira ndetse itsinda igitego mu minota 10 ya mbere gitsinzwe na Fabinho kitavuzweho rumwe n’abari abafana ba Man City .
Impamvu batakivuzeho rumwe ni uko ngo hari umukinnyi wa Liverpool wafashe umupira umusifuzi akanga gusifura aribwo Fabinho yateraga ishoti rikomeye rivamo igitego cya mbere.













Umukino warakomeje ndetse Liverpool ibona igiego cya 2 gitsinzwe na Mo Salah atsindishije umutwe ku mupira mwiza yahawe na Robertson biba ibitego 2 ku busa ,umukino urakomeza na Sadio Mane ashyiramo igitego cya 3 .
Man City nayo yaje gushyiramo igitego kimwe umukino urangira ari ibitego 3 kuri kimwe ariko abafana b’amakipe adashaka ko Livrpool itwara igikombe bati umusifuzi yabereye ndetse na VAR yanze kwerekana umukinnyi wa Liverpool wakoze umupira ari muruhina rw’izamu ku buryo bumvaga Man City yari guhabwa Penality.
Igitego cya Man City nacyo umutoza wa Liverpool yatonganyije abasifuzi baba bacunga umukino mu kibuga igihe umukinnyi Fabinho yakorerwaga ikosa umusifuzi akanga gusifura Man City ikabona igitego.
Ubu Man City iri ku mwanya wa 4 n’amanota 26 mu gihe Liverpool iri ku mwanya wa mbere n’amanota 34 irusha Man City amanota 9 yose ,ku mwanya wa hari Leicester City naho ku mwanya wa 3 hari Chelsea.
Liverpool iaba ifite amahirwe yo gutwara igikombe cya Shampiyona y’uBwongereza uyu mwaka nyuma y’uko umwaka ushize Man City yagitwaye ku mukino wa nyuma irusha Liverpool inota rimwe gusa.
Abasesenguzi b’umupira w’amaguru bakomeye nka Gary Nevelle wahoze akinira Manchester United ndetse n’abari abatoza nka Mourinho bavuze ko Liverpool yatsinze ibikwiye kandi ko imaze igihe ikina imipira igaragaza gutsinda kandi ko ishaka igikombe ku buryo n’uwitwa Roy Kean wahoze ikinira Manchester United yavuze ko igikombe Liverpool yamaze kugitwara kubera ko abona nta yindi kipe yayihagrika umuvuduko ifite.
Ndayambaje F
4,321 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply