Abaherwe bitwa Kwagalana bateranyije Miliyoni 500 zo gukoresha mu bukwe bwa Rema wari umugore wa Eddy Kenzo
— November 11, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka muri Uganda ni uko umuhanzikazi witwa Rema Namakula wahoze ari umugore wa Eddy Kenzo akaba agiye kurongorwa na Dr.Hamza amukuye mu rugo rwa Kenzo bamuteranirije Miliyoni 500 zogukora ubukwe bwe.
Uwitwa Godfrey Kirumira abantu benshi baramuzi muri Kampala kuko niwe muyobozi wa Kwagalana Family akaba yavuze ko amafaranga yo gukora ubukwe bwa Dr.Hamza yose bayabonye ntayandi bakeneye yose hamwe akaba yavuze ko ari Miliyoni 500 kandi ntayandi bakeneye.
Dr.Hamza ugiye kurongora Rema amukuye kwa Kenzo akomoka muri uyu muryango w’abakire wa Kwagalana bityo muri izo Miliyoni 500 bakaba bazaguramo n’imodoka yo guha Rema kubera aje mu muryango ukize bagomba kumwereka ko aho aje ntabibazo bihari.


Dr.Hamza akaba ari umuhungu wa Godfrey Kirumira umuherwe uzwi muri Kampala bikaba bivugwa ko bashaka gukora ubukwe bw’amateka nyuma ya Bobi Wine wakoze ubukwe buhenze cyane kandi bwitashwe n’abantu bakomeye cyane muri Leta ndetse n’ibyamamare.Niba ise wa Dr.Hamza ari umuherwe muri Kampala ni ukuvuga ko abaherwe bagenzi be bagomba kumushyigikira kugirango agire ubukwe bwiza bityo mu nama y’ubukwe ya mbere abayitabiriye bakaba barakusanyije Miliyoni 120,naho inama ya kabiri hakusanywa 160, mu gihe inama ya nyuma habonetse Miliyoni 150 andi akaba ari abantu baandukanye batanze batashoboye kuza mu nama.
Amakuru aturuka ku ruhande rwa Eddy Kenzo bivugwa ko Rema ashobora kuba yarakurikiye amafaranga atakurikiye urukundo.
Noella
4,719 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply