
Arsenal FC yaguze umukinnyi ukomeye Pepe Nicolas abafana bayo batangira kwigamba gutwara igikombe
— August 1, 2019

Please enter banners and links.
Ikipe ya Arsenal FC yaguze umukinnyi ukomeye andi makipe akomeye nka Liverpool FC na Man City n’izindi zitandukanye zamushakaga ariko Arsenal ibatanga kumusinyisha.
Nicolas Pepe n’umunyafurika w’umukinnyi wa mbere uhenze akaba yaguzwe amafaranga £72m ,Arsenal ikaba yamuguze mu ikipe ya Lille akaba yasinye amasezerano yo kuyikinira imyaka 5.




N’ubwo abafana ba Arsenal batangiye kwigamba gutwara igikombe ariko nandi makipe nayo yagiye yiyubaka cyane cyane Man City n’ubusanzwe ariyo kipe iteye ubwoba kuko ikomeye cyane ari nayo yatwaye igikombe cya Shampiyona inshuro 2 zikurikiranya ndetse n’ubu ikaba ihabwa amahirwe yo kongera kugitwara n’ubwo Liverpool yari iyimereye nabi.



Man City yatwaye igikombe ifite amanota 98 mu gihe Liverpool yari ifite amanota 97 ,Man city iyirusha inota rimwe gusa ariko ubu Liverpool ikaba ivuga ko ishaka gutwara Shampiyona nyuma yo gutwara Champions League.
Bamwe bumvise abafana ba Arsenal bigamba ko bagiye gutwara igikombe n’abandi bafana bandi makipe nabo bakaba bigamba ko bazatwara igikombe dore ko Arsenal yarangirije mu mwanya wa 5 ,ibi bikaba bibaye shampiyona igiye gutangira ku cyumweru tariki 4 z’ukwezi kwa 8 aho Liverpool izahura na Man City ubwo bazaba bakinira igikombe cya Community shield.
Ndayambaje F
3,839 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply