Umukobwa winjiye mu kibuga ku mukino wa nyuma wa Champions League wahuje Liverpool na Tottenham yashatse kongera muri Copa America arafungwa
— July 9, 2019
Please enter banners and links.

Umukobwa Kinsey Wolanski wamenyekanye cyane kubera kwinjira mu kibuga harimo kuba umukino ukomeye ku isi wa Champions League wahuzaga ikipe ya Liverpool na Tottenham umukino warangiye Liverpool itsinze ibitego 2 ku busa igatwara igikombe.
Muri uwo mukino uyu mukobwa yacitse abacunga umutekano yinjira mu kibuga umukino urahagarara ariko abashinzwe umutekano wo kibuga muri Spain bahise bamufata baramujyana umukino urakomeza.
Uyu mukobwa akaba yarashatse kujya mu gihugu cya Brasil naho kugirango abikore yinjire mu mukino wa nyuma wahuzaga ikipe y’igihugu ya Brazil na Peru ariko baramutahura ndetse kuri ubu akaba yari yajyanye n’umuhungu w’inshuti ye bakundana Boy friend witwa Zdorovetskiy ukora cyane ibya You Tube.
Ku cyumweru uyu mukobwa Kinsey Wolanski nibwo yashyize amashusho kuri Instagram ye avuga ko umugambi wabo wapfubye bakabafata bakabafunga we n’umuhungu w’inshuti ye ndetse ashyiraho ifoto y’ibiryo bariye bari muri gereza ariko nyuma bararekuwe.



Ubwo yinjiraga mu kibuga ku mukino wa Liverpool na Totterham

Ari kumwe n’umushuti we bafunzwe muri Brazil

Avuga ko umugambi ari ukugira amafaranga menshi yishyurwa n’imbuga nkoranyambaga kuko umunsi yinjira mu kibuga yambaye umwambaro ugaragaza ubwambure bwe yahise agira abantu benshi bamusuye bava ku bihumbi Magana atatu bagera kuri Miliyoni 2 ,kuri ubu akaba yifuzaga ko biyongera ku buryo baba benshi nkuko abivuga.
Bwa mbere yavuye muri Amerika ajya muri Spain kuko niho umukino wa nyuma wa Champions League wabereye ari naho yinjiye mu kibuga ,ubu akaba yaravuye muri Amerika n’umushuti we bajya muri Brazil ku mukino wa nyuma wahuje Brazil na Peru maze Brazil iratsinda itwara igikombe ,uyu mukobwa akaba yaragize ati “Twarazindutse twicara imbere dufite umugambi wo kwinjira mu kibuga twembi ariko abashinzwe umutekano baramenye baraza baradufata baradufunga ariko ubu baraturekuye ubu turmo kurya ubuzima muri Brazil”.
Ndayambaje F
3,665 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply