Inkuru isekeje ku babyeyi b’umuhanzi Fresh Kid umaze kuba icyamamare ku myaka 8 gusa,Ababyeyi be nabo babaye abahanzi ariko nyina atuka se(Amafoto)
— July 9, 2019
Please enter banners and links.

Fresh Kid n’izina rimaze kumenywa n’abantu benshi ku isi,rikaba izina ry’umwana muto cyane w’imyaka 8 ariko ufite ubuhanga mu buhanzi akaba amaze kwitabira ibitaramo byinshi ndetse ubu akaba ari Dubai aho yatumiwe gucuranga mu gitaramo cyaho.
Uyu mwana Fresh Kid amaze kuba icyamamare akaba amaze kujya ku ma Televiziyo menshi muri Uganda kandi akomeye avuga ku muziki we ariko Leta ikaba yaragize impungenge ko kwiga bishobora kumunanira ubwo Minisitiri yamutumyeho akaza bakabonana akamubaza ibibazo byinshi bijyanye n’imyigire ye.
Abaherwe barahagurutse bamwe bamwemerera kumurihirira kugeza igihe azavira kuri iryo shuri ryiza rya Kampala Parents School ,undi amuha imodoka izajya imutwara ku ishuri ikanamucyura.
Ibyo bikiri aho ise wa Fresh Kid nawe yatangiye kujya mu itangazamakuru abona umwana we agiye gukiza abandi ati muribeshya uwo mwana nuwanjye bityo atangira kujya mu itangazamakuru ubwo nawe batangira kumufasha kuko wari umuryango ukennye ndetse yaratandukanye n’umugore we.
Ise wa Fresh Kid witwa Mutabazi Paul akaba yarasinye amasezerano ko amafaranga azajya yinjizwa n’umuhungu we azajya abonaho 30% na nyina akabonaho 20% noneho asigaye Fresh Kid agahaho Manager we.

Madrine Namata nyina wa Fresh Kid

Fresh Kid na se wiyise Fresh Dad



Ubwo bakivuga ibyo hari abanyuze inyuma babwira ise wa Fresh Kid ko nawe akorayo akaririmbo bityo aragakora kitwa Ezike kagufi ariko uburyo gakunzwe ntiwabyumva kuko ishobora kuba ariyo ndirimbo icuranzwe cyane muri Uganda kuko ahantu hose ujya mu tubari mutubyiniro hose ku maradiyo niyo bacuranga ,niyo abantu basaba.
Nyina nawe abyumvise ati nanjye ngomba gukora indirimbo akora iyitwa Kasajja gwe bivuze ngo wa kagabo we ,ashaka gutuka umugabo we batandukanye ariko bafitanye abana ndetse nuwo Fresh Kid nuwabo.Ubu indirimbo z’umwana ziravamo bagacuranga iya se yavamo bagacuranga iya nyine mbese umuryango wose ubaye uwaba stari gusa kubera umwana wabo.Ubu se wa Fresh Kid Mutabazi Paul akaba yiyise izina nyuma yo gusohora indirimbo ye ya mbere akaba yiyise Fresh Dad mu gihe umuhungu we yiyita Fresh Kid naho nyina akitwa Madrine Namata.
Noella
7,267 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply