Umunyamakuru Ndoli Semana wiyitaga Kanuma Christopher kuri Facebook yitabye Imana azize urupfu rutunguranye
— July 10, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya aho uyu munyamakuru yabaga aravuga ko umunyamakuru Christopher Kanuma amazina akoresha kuri Facebook ariko ubusanzwe yitwa Ndoli Semana yitabye Imana.
Uyu munyamakuru bivugwa ko ariwe watangije ihame.org ariko akaba yakundaga kwandika cyane inkuru zo muri DR.Congo ndetse no mu Karere muri Rusange bikaba bitaramenyekana icyo yazize.Amakuru tugitohoza ni uko yapfuye yishwe n’urupfu rutunguranye aho bivugwa ko hari umuntu basangiye icyayi nyuma yo gutandukana akaremba bakamujyana kwa muganga agahita apf.

Ifoto azwiho cyane kuri Facebook

Ifoto ye nyayo
Yitabye Imana ku myaka 42 aguye i Nairobi mu gihugu cya Kenya aho yabaga.
Yafashwe n’uburwayi butunguranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2019 ku mugoroba, ahita ajyanwa kwa muganga mu bitaro Aga Khan University Hospital i Nairobi ni naho yaguye.Abantu benshi bamuzi ku izina rya Kanuma Christpher kuri Facebook.
Uyu musore yabaye mu Rwanda mu Karere ka Rwamagana ariho yavuye yarekeza muri Kenya tutaramenya neza niba yari yarahungiyeyo cyangwa hari ibindi yakoreragayo ariko amakuru yandi tuzamenya nayo tuzayabagezaho.
4,941 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply