Irebere uburyo umukinnyi Saido Mane yakomerekeje umuzamu wa Man City agahabwa umutuku.
— September 13, 2017
Please enter banners and links.

Saido Mane n’umukinnyi wa Liverpool ukomoka mu gihugu cya Senegal akaba yarahawe ikarita y’umutuku mu gice cya mbere cy’umukino wabahuzaga na Man City kuwa gatandatu w’icyumweru gishize ubwo Man City yatsindaga ibitego 5 ku busa bwa Liverpool.
Abahanga mu mupira w’amaguru abenshi barimo Henry Thiery wakiniraga ikipe ya Arsenal na Barcelona,Gary Neville n’abandi batandukanye bavuze ko Saido Mane atari akwiye guhabwa ikarita y’umutuku abandi bati yari ayikwiye.



Uburyo yahawe ikarita byatewe n’uburyo umuzamu yasohotse yihuta na Saido Mane aza yihuta areba umupira hejuru yazamuye ukuguru urukweto rukubita umuzamu wa Man City ku musaya arakomereka cyane bituma asimburwa.Ikipe ya Liverpool yasabye FA ko yagabanya ibihano byahawe umukinnyi wa Liverpool byagabanywa kuko yahanishijwe gusiba imikino 3 yose.FA Ikaba yamaze no gutesha agaciro ubusabe bwa Liverpool bwo kugabanya ibihano byahawe umukinnyi wabo.
Ndayambaje F
2,423 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye
Leave a reply