Wayne Rooney yatawe muri yombi n’imodoka ye irafatwa
— September 1, 2017
Please enter banners and links.

Wayne Rooney ukunze kwitwa Papa Kayi wahoze ari kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza ndetse n’ikipe ya Man United yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano wo mu muhanda, akurikiranyweho gutwara imodoka yasinze.
Uyu mukinnyi w’imyaka 31 ubarizwa mu ikipe ya Everton muri iki gihe, yafashwe na polisi mu ijoro ryo kuwa Kane, tariki 31 Kanama 2017, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru The Mirror.
Iki kinyamakuru cyatangaje ko yafatiwe n’ahegeranye n’urugo rwe amaze imyaka irenga 12 atuyemo mu gace ka Cheshire ubwo yari yasohotse. Aho yafatiwe hanegeranye n’ikibuga cya Finch Farm ikipe ya Everton yitorezaho.

Rooney atwaye imodoka ye

Imodoka ya Polisi yamufashe atwaye avuye mukabyiniro yasinze

Gereza aho Rooney yari afungiye n’imodoka ye

Uwo n’umwunganizi wa Rooney umushakira isoko ry’amakipe aba amushaka ahageze kumureba

Rooney yarageze iwe mu rugo bamukinguriye igipangu

Rooney muri ako gace ahafite inzu ya miliyoni esheshatu z’ama-pound abanamo n’umuryango we, afite umugore witwa Coleen babyaranye gatatu ndetse kuri ubu bakaba bitegura uwa kane kuko atwite. Imfura yabo yitwa Kai, igakurikirwa na Klay ndetse n’uwitwa Kit.
Uyu mukinnyi watawe muri yombi akekwaho gutwara yasinze yaherukaga gusezera burundu gukinira ikipe y’igihugu y’u Bwongereza afitemo amateka yo kuba uwatsinze ibitego byinshi mu mateka ya ruhago yayo. Yaherukaga kongera gusinya muri Everton yakuriyemo nyuma y’imyaka 13 ari muri Manchester United.
2,772 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply