Amakuru mabi ku ikipe ya Chelsea n’abafana bayo ko umukinnyi wayo Eden Hazard atazatangira shampiyona
— June 8, 2017
Please enter banners and links.

Ikipe ya Chelsea n’abafana bayo bahawe amakuru atari meza kubera umukinnyi wayo ukomeye cyane Eden Hazard atazakina imikino yo gutangira shampiyona mu kwezi kwa 8 kubera imvune yagize ubwo yari mu myitozo akavunika ukuguru.
Ku cyumweru nibwo yavunitse kuwa mbere ajyanwa mu bitaro kumubaga nyuma yaho nibwo yanditse ubutumwa abushyira ku mbuga nkoranyambaga ashimira abafana ati “mwarakoze kunsengera ubu meze neza nyuma yo kubagwa ukuguru”.
Bamwe mu bafana ba Chelsea batangiye kugira impungenge ko sezo itaha bashobora guhura n’ibibazo kubera abakinnyi b’iyi kipe batazatangirana nayo barimo Eden Hazard ,Diego Costa umutoza Conte yamaze kubwira ko atakimukeneye kandi yarabakuye ahakomeye akaba ashaka kumusimbuza Rukaku.


Ubundi ikipe zifatisha mu mikino ya mbere iyo zitangiye nabi izindi zikazisiga biziviramo kudatwara igikombe cyangwa zigahora mu bibazo byo kuvunikisha abakinnyi aribyo bituma zidatwara ibikombe.
Ubu ikipe zikaba zatangiye kugura abakinnyi mu rwego rwo guhatanira ibikombe ndetse no gukomeza kuza muri 4 za mbere dore ko mu Bwongereza kubona umwanya wa 4 bikomeye cyane.
Ndayambaje F
2,715 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply