Amakuru mabi ku ikipe ya Chelsea n’abafana bayo ko umukinnyi wayo Eden Hazard atazatangira shampiyona
— June 8, 2017
Please enter banners and links.

Ikipe ya Chelsea n’abafana bayo bahawe amakuru atari meza kubera umukinnyi wayo ukomeye cyane Eden Hazard atazakina imikino yo gutangira shampiyona mu kwezi kwa 8 kubera imvune yagize ubwo yari mu myitozo akavunika ukuguru.
Ku cyumweru nibwo yavunitse kuwa mbere ajyanwa mu bitaro kumubaga nyuma yaho nibwo yanditse ubutumwa abushyira ku mbuga nkoranyambaga ashimira abafana ati “mwarakoze kunsengera ubu meze neza nyuma yo kubagwa ukuguru”.
Bamwe mu bafana ba Chelsea batangiye kugira impungenge ko sezo itaha bashobora guhura n’ibibazo kubera abakinnyi b’iyi kipe batazatangirana nayo barimo Eden Hazard ,Diego Costa umutoza Conte yamaze kubwira ko atakimukeneye kandi yarabakuye ahakomeye akaba ashaka kumusimbuza Rukaku.


Ubundi ikipe zifatisha mu mikino ya mbere iyo zitangiye nabi izindi zikazisiga biziviramo kudatwara igikombe cyangwa zigahora mu bibazo byo kuvunikisha abakinnyi aribyo bituma zidatwara ibikombe.
Ubu ikipe zikaba zatangiye kugura abakinnyi mu rwego rwo guhatanira ibikombe ndetse no gukomeza kuza muri 4 za mbere dore ko mu Bwongereza kubona umwanya wa 4 bikomeye cyane.
Ndayambaje F
2,811 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye
Leave a reply